Perezida Kagame yahuye n’abasirikare bakuru 1000 (Amafoto)

Kuri uyu wa gatatu tariki 06 Gashyantare 2019, Perezida Paul Kagame, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahuye n’abasirikare bakuru 1000, mu ishuri rikuru rya gisirikare riherereye I Gako mu karere ka Bugesera.

Perezida Kagame asanzwe ahura n’abasirikare bakuru bakaganira ku birebana n’umutekano n’ubusugire by’igihugu.

Mu mwaka ushize, mu kwezi kwa Kane, Perezida Kagame yahuye n’abasirikare bakuru, mu nama nkuru ya gisirikare.

Biteganywa ko Perezida abonana n’abasirikare bakuru byibura rimwe mu mwaka nk’umugaba mukuru w’ikirenga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

RWOSE BAJYE BAMENYAKO URWANDA NABANYARWANDA TUTARI AGAFU KIMVUGWARIMWE BAJYE BASOMA IBYO BAHOGEYE KANDI UMUNTU UVOGERERA UMUNYARWANDA AHO AVA HOSE AKAGERA NIGIHUGU ABA AKOZE MWIJISHO KANDI UDUTOKOZA KUDUTOKORA BIZAMUGORA NAHO INGABO ZACU NUMUKURU WIGIHU NYAKUBAHWA PAUL KAGAME ANARIWE MUGABA MUKURU WIKIRENGA INTORE IZIRUSHINTAMBWE IMPARANIRA KUBAHIGA TURAMWEMERA IMANA IZAMUHE KURAMBA KWISI AKOMEZE ATWIHERE INYIGISHO NZIZA TURAMWIFURIZA KUYOBORA IMYAKA 100% MURAKOZE IMANA IBAHE UMUGUSHA

Marcniyibizi yanditse ku itariki ya: 4-12-2019  →  Musubize

Proud of you our president

Gatare JLambert yanditse ku itariki ya: 10-06-2019  →  Musubize

Umukuru w’igihugu cy’urwanda urikitegererezo

tuyishimire theophile yanditse ku itariki ya: 7-02-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka