Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’Ingabo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukuboza 2020, yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’ingabo hamwe n’abandi bakozi batandukanye.

Ni ibiganiro byabereye ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda, nk’uko ubutumwa bwa Twitter bwanditswe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bubigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Aba bagabo bambaraneza kwel kwel kbs!!!!!!

J.Pierrr yanditse ku itariki ya: 2-12-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka