Nyaruguru: Gitifu w’Umurenge wa Kibeho yatawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko yafashe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibeho, Karegeya Jean Marie Vianney, akaba akekwaho kunyereza amafaranga y’u Rwanda miliyoni 30 yari ateganyirijwe kubaka ibyumba by’amashuri.

Ubutumwa Polisi yanyujije kuri Twitter ku mugoroba wo ku itariki 31 Ukuboza 2020, Polisi yavuze ko uwo muyobozi yahise afungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kibeho mu gihe iperereza ririmo gukorwa n’urwego rubishinzwe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

nibamufunge kuko ibyoyakozesibyo urumvako ati shimiyeko abanabacubakwiga

sibomana eme yanditse ku itariki ya: 2-01-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka