Nyabugogo: Umugabo bivugwa ko yasanze umugore we asambana yasimbutse etaje ahita apfa
I Kigali muri Nyabugogo hazindukiye inkuru y’umugabo bivugwa ko yiyahuye nyuma yo kumenya ko umugore we yarimo asambana.

Uwo mugabo ngo yasimbutse muri Etaje y’inyubako z’isoko ryitwa Inkundamahoro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Kamena 2021 ahita apfa.
Iyi nkuru turacyayikurikirana…
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
Uvuze ukuri
Ariko nawe wiyise Rwakana ko wihaye kuba umunyabwenge bwinshyi, ko numva usobanura cyane ari nako uvuguruza mugenzi Wawe, uwakubaza Aho wabonaniye n’imana cg Aho mwiganye wabona igisubizo, ujye wirinda kwibasira undi muntu ujye uvuga uko ubyumva utihaye kwumvisha umuntu mugihe nawe ibyawe utabibonera ibisobanuro, ubwo Mu kanya uravuga ngo iriya mpfu YITABYE IMANA.
Uyu mugabo niyigendere yarahaze ibiryo, ubwo sinibo yakemuye ikibazo,
Mubyukuri birababaje ariko niho isi igeze ndumva rero uretse gusengimana nahubundi byararangiye p so uyumugabo imana imwakire umunsiwe wari wageze
Uwange bamurongora ndeba nonec nange nziyahure?
Hhhhhhh
Mumureke yigendere ubwo wasanga ariwe wenyine barongoreraga umugore Rwanda gusa
Ntago aziko abacu bo babarongorera aho bagiye mukazi
Gusa naruhukire mumahoro
Mumureke yigendere ubwo wasanga ariwe wenyine barongoreraga umugore Rwanda gusa
Ntago aziko abacu bo babarongorera aho bagiye mukazi
Gusa naruhukire mumahoro
Mumureke yigendere ubwo wasanga ariwe wenyine barongoreraga umugore Rwanda gusa
Ntago aziko abacu bo babarongorera aho bagiye mukazi
Gusa naruhukire mumahoro
Ubusambanyi nicyo cyaha gikorwa ku bwinshi kurusha ibindi byose.Ikibazo nuko buteza ibindi bibazo byinshi,harimo kwicana cyangwa kwiyahura.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana n’abo batashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Ijambo ry’Imana rivuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).
Uyumugabo isaha ye yarigeze,bivuzeko niyo adasanga umugorewe asambana,yarikurara apfuye kuko ntawukura isinya,byongeye uyumugabo urupfu rwe si urwo kuririra,kuko uwiyishe ntaririrwa!
Wowe witwa Niyomugabo,nta saha y’urupfu ibaho.Siko ijambo ry’imana rivuga.Ntabwo imana ariyo ishyiraho isaha tuzapfiraho.Ntabwo yifuza ko dupfa.Ahubwo itwereka inzira y’ukuntu twakirinda URUPFU.Urugero,itubuza gusambana.Iyo usuzuguye iyo nama,ugasambana,Sida ikakwica,ntukavuge ngo niko imana yabishatse.Benshi bapfa kubera ko barenze ku mategeko y’Imana.