Musambira: Impanuka yahitanye abantu bataramenyekana umubare
Mu ma saa mbiri n’igice z’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki 19 Ukwakira 2016, imodoka yo mu bwoko bwa Coster yajyaga i Kigali igonganye n’ikamyo yo muri Uganda, abataramenyekana bahasiga ubuzima.

Iyo Coaster y’ikompanyi itwara abagenzi yitwa Horizon, yavaga i Nyanza yerekeza i Kigali, igeze i Musambira muri Kamonyi ahazwi nko mu Rwabasomari, igongwa n’iyo kamyo yajyaga mu Ntara y’Amajyepfo.
Ababonye iyo mpanuka bavuga ko ikamyo yaryamiye Coaster ku buryo gukuramo abantu byabanje kugorana.
Kuri ubu ariko hageze imashini yabugenewe yo guterura iyo kamyo. Imibare y’abahasize ubuzima n’abakomeretse ntiramenyekana.
Turacyakurikirana iyi nkuru
Ibitekerezo ( 8 )
Ohereza igitekerezo
|
Abaguye Mumpanuka Imana Ibakire Kdi Imiryango Yabo Yihangane! Police Ikore Iperereza Neza Bite No Kuri Controle Techineque!Kuko Iteza Ibibazo!
poleni sana muliepoteza familia zemu mungu awape uvumilivu na roho za waliepoteza maisha aziraze peponi
mukomeze kwihanga ababuriye ababo muriyi mpanuka uwiteka abakira mubayo
ababuriye ababo muriyo mpanuka mugire kwihangana ,namwe muducitse uwiteka abakire mubo yishimira.
Oh! Imana_ Ibarinde, Ububabare
Abakomerekeye Muriyi Mpanuka_
Abahaburiye, Ubuzima_ Imana
Ibakire Mubayo_ Birababaje.
Imana ibakire mubayo kandi ikomeze ababuze ababo
imana ibakire mubayo
Ababuriye Ababo Muriyompanuka Bihangane Kandi Polic Ikomeze Gukora Iperereza Ryicyayiteye