Kigali: Abantu 102 bafashwe bari mu kabari saa munani z’ijoro

Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 102 mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge barenze ku mabwiriza yo kwirinda Koronavirusi.

Bafashwe mu ijoro ryakeye saa munani bari mu kabari kitwa Bahauss gaherereye ahitwa Cosmos i Nyamirambo.

Mu bafashwe harimo abitwa Dj Karim, Marshall Mampa, Samusure, Sano François (umunyamakuru) n’umuraperi witwa Pilato.

Reba ibindi muri iyi video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

MWIHANGANE GUSA NIMUKARENGE KUMABWIRIZA YA RETA KUKO NITWEBWE AMABWIRIZA ARENGERA ARIKO NANONE NIMUSABE IMBABAZI KANDI MUNIGE BITAZONGERA KUBAVIRAMO AMAKOSA

ASIMWE yanditse ku itariki ya: 1-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka