Kamonyi: Yatwitse se umubiri wose amusutseho amazi ashyushye

Umusore witwa Munezero wo mu Mudugudu wa Nyamiyaga mu Kagari ka Kidahwe ho mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda ikorera ahitwa ku Mugina mu Karere ka Kamonyi ashinjwa gutwika se umubyara.

Uyu mugabo ngo yatwitswe n'umuhungu we yibyariye.
Uyu mugabo ngo yatwitswe n’umuhungu we yibyariye.

Ngo byabaye ku wa 9 Kamena 2015 kugeza ubu uwo mubyeyi akaba ari kwitabwaho ku Kigo Nderabuzima cya Nyamiyaga mu gihe Munzero we abaye afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mugina aho bategereje kumushyikiriza ubutabera.

Marie Josee Uwiringira aracyakurikirana iyi nkuru

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka