Kamonyi: Yatwitse se umubiri wose amusutseho amazi ashyushye
Umusore witwa Munezero wo mu Mudugudu wa Nyamiyaga mu Kagari ka Kidahwe ho mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda ikorera ahitwa ku Mugina mu Karere ka Kamonyi ashinjwa gutwika se umubyara.

Ngo byabaye ku wa 9 Kamena 2015 kugeza ubu uwo mubyeyi akaba ari kwitabwaho ku Kigo Nderabuzima cya Nyamiyaga mu gihe Munzero we abaye afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mugina aho bategereje kumushyikiriza ubutabera.
Marie Josee Uwiringira aracyakurikirana iyi nkuru
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|