Ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga cyasubukuye imirimo

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga cyatangiye kwakira ubwoko bwose bw’ibinyabiziga.

Polisi kandi yasobanuye ko abantu bari barishyuye ndetse bakanahabwa gahunda (rendez-vous) yo gusuzumisha ibinyabiziga byabo mbere y’uko ikigo gisubika imirimo muri Werurwe 2020, ari bo bazahabwa amahirwe ya mbere, kandi ntibazishyuzwa bushya.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Nibarebe nuburyo hakorwa nibizame byo gutanga permit definitif

Saidi yanditse ku itariki ya: 10-09-2020  →  Musubize

Cyaratinze, kuki se cyatinze gufungura hari umuturage wo hasi kinjiriza??

Alias yanditse ku itariki ya: 10-09-2020  →  Musubize

Business za leta zo nyine ntizishobora gukomeza fufunga yabonaga hari ifaranga ritari kwinjira, arikose rubandabo bazinjiza ryari konugizako abona leta igatambikana mu bihano?? Ndabona ikiri mugihugu cyose aricyabamwe, nabaturage turi aba bamwe ahari

Kigali yanditse ku itariki ya: 9-09-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka