Ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga cyasubukuye imirimo
Yanditswe na
KT Editorial
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga cyatangiye kwakira ubwoko bwose bw’ibinyabiziga.

Polisi kandi yasobanuye ko abantu bari barishyuye ndetse bakanahabwa gahunda (rendez-vous) yo gusuzumisha ibinyabiziga byabo mbere y’uko ikigo gisubika imirimo muri Werurwe 2020, ari bo bazahabwa amahirwe ya mbere, kandi ntibazishyuzwa bushya.
Ohereza igitekerezo
|
Nibarebe nuburyo hakorwa nibizame byo gutanga permit definitif
Cyaratinze, kuki se cyatinze gufungura hari umuturage wo hasi kinjiriza??
Business za leta zo nyine ntizishobora gukomeza fufunga yabonaga hari ifaranga ritari kwinjira, arikose rubandabo bazinjiza ryari konugizako abona leta igatambikana mu bihano?? Ndabona ikiri mugihugu cyose aricyabamwe, nabaturage turi aba bamwe ahari