Gashora: Imwe mu nyubako za La Palisse Hotel yakubiswe n’inkuba irashya irakongoka

Imwe mu nyubako za La Palisse y’i Gashora mu Karere ka Bugesera yakubiswe n’inkuba ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, ihita ishya irakongoka.

Inyubako yahiye irakongoka
Inyubako yahiye irakongoka

Nta muntu iyi nkongi yahitanye ndetse nta n’uwo yakomerekeje, ariko ngo ibikoresho birimo za mudasobwa zifashishwaga mu kazi, byahiriye muri iyi nyubako.

Police yahageze izimya iyi nkongi ariko ntiyabashije kugira icyo iramura muri iyi nyubako.

Ubutabazi ntacyo bwaramuye muri iyi nyubako
Ubutabazi ntacyo bwaramuye muri iyi nyubako
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka