Burera: Amazi yaturutse mu Birunga yangiza ibikorwa bitandukanye (Amafoto)
Mu rukerera rwo ku wa Gatanu tariki 14 Gicurasi 2021, imvura yaguye ahantu hatandukaye harimo no mu Karere ka Burera, yateje imyuzure mu Murenge wa Rugarama, aho amazi y’imvura yaturutse mu Birunga akangiza imyaka y’abaturage yari ihinze mu mirima.
Hari n’abo ayo mazi yasanze mu mazu yabo, ahandi arengera ibikorwa remezo birimo ibiro by’Umurenge, ibiro by’Utugari yewe hakaba n’ibyobo bifata amazi biheruka gushorwamo akayabo k’amafaranga y’u Rwanda mu kubyubaka, none kuri ubu byarengewe n’ibyondo n’amabuye yamanuwe n’ayo mazi.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|