Batawe muri yombi bazira kugura ibyibano

Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu batatu bakurikiranyweho ubufatanyacyaha mu kwangiza ibikorwa remezo.

Abo bantu baravugwaho kugura insinga z’amashanyarazi n’iza Internet bakaba baraziguze n’abantu bazibye. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera asaba abagura ibyibano ndetse n’abajura gucika kuri iyo ngeso kuko ababifatiwemo bashobora guhanishwa igifungo kitari gito ndetse n’amande, nk’uko yabisobanuye muri iyi Video.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka