Bari bato batari gito: Reba amafoto yabo ku rugamba rwo kubohora Igihugu
Ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara amafoto y’ingabo zarwanye urugamba rwo kubohora Igihugu.
Icyo benshi bahuriyeho ni uko bari bakiri bato ku buryo bamwe bazwi ubu bigaragara ko bahindutse cyane. Kuba bari bato nyamara ntibyababujije gukora akazi gakomeye ko kubohora Igihugu, abagituye bakaba babashimira kuba baritanze kugira ngo Igihugu cyongere kibeho.
Kigali Today yakusanyije amwe muri ayo mafoto yabo.
Hari bamwe muri bo bazwi cyane ariko nawe ushobora kubonamo uwo uzi muri aya mafoto.
Twandikire mu mwanya wagenewe ibitekerezo munsi y’inkuru.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Uriya munyamakuru waganiranga na He PaulKagame wambaye Jacket y’umukara muramuzi? Ni Col.Anaclet Kalibata uyumuheruka ari umukuru w’ibiro byabinjira n’abasohoka mu gihugu, hambere aherutse gusimburwwa kumwanya w’ushinzweiperezaryo hanze y’u Rwanda.
Ibi binyereka ukutikunda inkotanyi zagize kuko bamwe bahevye confort zone bari bafise mubihugu bari barahungiyemwo, abandi mubihugu bari bafashwe nabi mubindi bihigu biha target yukuva mubuja bwatewe n’ubuhunzi. Bikampa icigwa y’uko igihugu canje c’Uburundi umusi umwe kizohohoka hakaza indongonzi zitwarira bose