Bakurikiranyweho kwiba ibikoresho by’ikoranabuhanga (Video)

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze abagabo batatu bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga by’ubwoko butandukanye byibwe mu mujyi wa Kigali.

Abafunzwe ni Rwagasore Jean Paul, Uwihanganye Eric na Nsanzabera Daniel. RIB yashimiye abaturage n’abandi bagize uruhare kugira ngo abo bantu bafatwe.

RIB yaboneyeho gusaba abibwe kujya kuri sitasiyo ya RIB ya Remera kureba ibyibwe byafashwe bitwaje igihamya ko ari ibyabo kugira ngo babisubizwe.

Umva aba bagabo uko basobanura iby’ubwo bujura

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka