Video: Abantu 12 barimo umuhanzi Jay Polly bafashwe bari mu birori, banywa n’ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 12 barimo Umuhanzi Jay Polly, bafatiwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali bari mu birori binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Bafatiwe mu rugo rwa Jay Polly ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 23 Mata 2021. Abo bantu kandi ngo Polisi yasanze bananywa ibiyobyabwenge birimo urumogi, bakaba bari kumwe n’umukozi w’ibitaro bya Kibagabaga wabakoreye ibyemezo by’uko bipimishije COVID-19 kandi ari bazima mu gihe batigeze bapimwa.

Umva hano uko Jay Polly ndetse n’umuvugizi wa Polisi basobanura ibyabaye

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Mwiriwe kbsa bakoze amakosa muribibohe bikomeye turimo gusa police ice inkoni izamba bibaho ntawe udakosa jay yarakotoye byahatari gusa akabaye icwende sikoga arko bazasuzumana ubushishozi bamubabarire turacyamukunda ariko ahite areka agati murakoze

Sebagenzi richard yanditse ku itariki ya: 6-05-2021  →  Musubize

Kki abahanzi nyarwanda bakunda kwishora muri drugs why
bikanga development ya musiki nyarwanda
harimo no kwigana abanda bo hanze nka Usa Ngeria etc
I’m so sad

Jaseron yanditse ku itariki ya: 26-04-2021  →  Musubize

abobantu nibahanwe ninzego zibishinzwe

niyonsenga jean damascene yanditse ku itariki ya: 25-04-2021  →  Musubize

Ubwose nibahamwa nicyaha barahanisha iki? Abagabo 6. Abagore batandatu nihatari sibyo gusa bari gukora byonyine nuko babatesheje. Babahane ntakwigira umustar ngurenge kumabwiriza ibibi bihe turimo ntibyoroshye dukazingamba dore turi mwitumba.

BiramahireThierry yanditse ku itariki ya: 25-04-2021  →  Musubize

abahanzi bacu nibaterimbere bagikora acts like dis
ntiyo baterimbere ntibyatinda

Jaseron yanditse ku itariki ya: 26-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka