Umwarimu muri Kaminuza arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 15

Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare ukomoka muri Nigeria bamusanganye umwana w’umukobwa w’imyaka 15, atabwa muri yombi akekwaho gusambanya uwo mwana.

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Mbabazi Modeste, yabwiye Kigali Today ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 19 Ukwakira 2019 basanze umwana w’umukobwa mu buriri bw’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare.

Mbabazi Modeste yavuze ko iperereza rigamije kumenya niba koko yamusambanyije ryahise ritangira.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

CYA GIHANO NICYO KIRAKWIYE ATARIBYO ABOBAKENYA.BATWICIRA ABANA

gakuba yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Buba bwigemuye

manzi yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Buba bwigemuye

manzi yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Buba bwigemuye

manzi yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Ikirango cya Kaminuza y’u Rwanda cyarahindutse. Icyo mwashyizeho sicyo. Gusa uwo mwarimu akeneye gukosorwa.

Chris yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Ubusambanyi butera ibibazo byinshi bikomeye nubwo bukorwa na millions and millions z’abantu :Gufungwa, Inda zitateganyijwe,Sida,kwica cyangwa kwicwa,kwiyahura,gukuramo inda,guhotora cyangwa kujugunya umwana wabyaye,gusenya ingo ku bashakanye,etc… Ibibazo byinshi isi ifite biterwa nuko abantu batuye isi hafi ya bose basuzugura Imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,kugirango izabakure mu isi.Mwibuke ko ku gihe cya Nowa Imana nabwo yarimbuye millions nyinshi z’abantu bose bali batuye isi,hakarokoka gusa abantu 8 bumviraga Imana.Ni Yesu ubwe wahamije iyo nkuru,hanyuma avuga ko ariko bizagenda nagaruka ku munsi w’imperuka.Nabwo hazarokoka abantu bake nkuko byagenze igihe cya Nowa.

gatare yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka