Nyagatare: Batoraguye umurambo w’umumotari bakeka yo yaguye kubera isindwe
Kuri uyu wa 29 Mata 2015 mu Mudugudu wa Rugendo mu Kagari ka Ryabege, Umurenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, mu rukerera batoraguye umurambo w’uwitwa Hakizimana William w’imyaka 25 y’amavuko wakoraga akazi k’ubumotari.
Umurambo wa Hakizimana wari usanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyamirama, mu Kagari ka Nyamirama, mu Murenge wa Karangazi, kuri ubu ngo uri ku Kigo Nderabuzima cya Karangazi.
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Nyagatare bwemeza ko uyu musore yazize impanuka ya moto.
Ngo yari yaraye anywa inzoga zo mu mashashi ( Chief Waragi) yuriye moto imutwara muri borodire (imiyoboro y’amazi ikikije umuhanda).
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu bukaba bukangurira abantu kwirinda kunywa ibisndisha mu gihe bazi ko bari butware ibinyabiziga.
CIP Emmanuel Kabanda, Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu/ Ishami rishinzwe kurwanya Impanuka, asaba abakoresha umuhanda kubahiriza amategeko awugenga.
Ngo impanuka ziterwa ni uko ayo mategeko aba atubahirijwe nko kurenza umuvuduko , gutwara wanyoye ibisindisha n’ibindi.
Umurambo wa Hakizimana wari usanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyamirama, mu Kagari ka Nyamirama, mu Murenge wa Karangazi, kuri ubu ngo uri ku Kigo Nderabuzima cya Karangazi.
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Nyagatare bwemeza ko uyu musore yazize impanuka ya moto.
Ngo yari yaraye anywa inzoga zo mu mashashi ( Chief Waragi) yuriye moto imutwara muri borodire (imiyoboro y’amazi ikikije umuhanda).
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu bukaba bukangurira abantu kwirinda kunywa ibisndisha mu gihe bazi ko bari butware ibinyabiziga.
CIP Emmanuel Kabanda, Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu/ Ishami rishinzwe kurwanya Impanuka, asaba abakoresha umuhanda kubahiriza amategeko awugenga.
Ngo impanuka ziterwa ni uko ayo mategeko aba atubahirijwe nko kurenza umuvuduko , gutwara wanyoye ibisindisha n’ibindi.
Umurambo wa Hakizimana wari usanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyamirama, mu Kagari ka Nyamirama, mu Murenge wa Karangazi, kuri ubu ngo uri ku Kigo Nderabuzima cya Karangazi.
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Nyagatare bwemeza ko uyu musore yazize impanuka ya moto.
Ngo yari yaraye anywa inzoga zo mu mashashi ( Chief Waragi) yuriye moto imutwara muri borodire (imiyoboro y’amazi ikikije umuhanda).
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu bukaba bukangurira abantu kwirinda kunywa ibisndisha mu gihe bazi ko bari butware ibinyabiziga.
CIP Emmanuel Kabanda, Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu/ Ishami rishinzwe kurwanya Impanuka, asaba abakoresha umuhanda kubahiriza amategeko awugenga.
Ngo impanuka ziterwa ni uko ayo mategeko aba atubahirijwe nko kurenza umuvuduko , gutwara wanyoye ibisindisha n’ibindi.
Umurambo wa Hakizimana wari usanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyamirama, mu Kagari ka Nyamirama, mu Murenge wa Karangazi, kuri ubu ngo uri ku Kigo Nderabuzima cya Karangazi.
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Nyagatare bwemeza ko uyu musore yazize impanuka ya moto.
Ngo yari yaraye anywa inzoga zo mu mashashi ( Chief Waragi) yuriye moto imutwara muri borodire (imiyoboro y’amazi ikikije umuhanda).
Ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu bukaba bukangurira abantu kwirinda kunywa ibisndisha mu gihe bazi ko bari butware ibinyabiziga.
CIP Emmanuel Kabanda, Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu/ Ishami rishinzwe kurwanya Impanuka, asaba abakoresha umuhanda kubahiriza amategeko awugenga.
Ngo impanuka ziterwa ni uko ayo mategeko aba atubahirijwe nko kurenza umuvuduko , gutwara wanyoye ibisindisha n’ibindi.
SEBASAZA Gasana Emmanuel
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|