Gikondo: Depot yari yokejwe no gutwika amashashi

Kuwa kane tariki 14/02/2013 depot ibikwamo amamesa iri mu mujyi wa Kigali i Gikondo mu gishanga yari yibasiwe n’inkongi y’umuriro yatewe n’abakozi ba depot batwikaga amasashe ariko ku bw’amahirwe uzima nawe nacyo ihitanye.

Iyi nkongi yatewe n'itwikwa ry'amashashi yatwitswe n'abakozi.
Iyi nkongi yatewe n’itwikwa ry’amashashi yatwitswe n’abakozi.

Abakozi bakora muri iyi depot, batwitse amashashi n’indi myanda iva muri iyi depot, umuriro uhita usatira iyi depot.

Ku bw’amahirwe abaturage bari bari aho hafi ndetse n’abahakorera, batabaje polisi ihageze ifatanya n’aba baturage mu kuzimya uyu muriro; nk’uko tubikesha Emmanuel Nkurikiyinka wakurikiranye iby’uyu muriro.

Abaturage barwana no kuzimya uyu muriro.
Abaturage barwana no kuzimya uyu muriro.

Eric Muvara

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka