Mozambique: Abaturage ba Palma barashima Ingabo na Polisi by’u Rwanda (Video)

Kigali Today iri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, mu rwego rwo kureba uburyo Ingabo na Polisi by’u Rwanda babayeho, n’umusanzu bakomeje gutanga mu kugarura umutekano muri iyi Ntara.

Hashize amezi 14 u Rwanda rwohereje Ingabo na Polisi muri Mozambique mu rwego rwo gufasha Leta y’icyo gihugu kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado.

Ni Intara yari imaze igihe yibasirwa cyane n’umutwe w’Iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah.

Umunyamakuru wa Kigali Today, Richard Kwizera, yabiduteguriye muri iyi video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ingabo z’URwanda mwubahwe Imana ikomeze kubarinda no kubaha imbaraga

Alias yanditse ku itariki ya: 25-05-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka