Umuganura wa kera ni wo w’ubu? (Ikiganiro)
Yanditswe na
KT Editorial
Amateka y’ u Rwanda rwa Gihanga Ngomijana yerekana ko umuganura wari mu minsi mikuru yari yubashywe ndetse wanatumaga Abanyarwanda bashyira hamwe bakaganira ibyabo bakagirana inama muri Kanama mu nama z’abagabo bityo bagatera ntibaterwe.
Uyu muganura ariko wagiraga n’undi mumaro wo kuzirikana umwami nka Nyir’uburumbuke bakamutura urutete rw’imyaka yeze.
Kurikirana ikiganiro kigufi KT Radio yagiranye na Roger Marc Rutindukanamurego umwe mu bakurikirana imigenzo y’umuganura.

Gusanira ni bimwe mu biranga umuganura
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|