Umuganura wa kera ni wo w’ubu? (Ikiganiro)

Amateka y’ u Rwanda rwa Gihanga Ngomijana yerekana ko umuganura wari mu minsi mikuru yari yubashywe ndetse wanatumaga Abanyarwanda bashyira hamwe bakaganira ibyabo bakagirana inama muri Kanama mu nama z’abagabo bityo bagatera ntibaterwe.

Uyu muganura ariko wagiraga n’undi mumaro wo kuzirikana umwami nka Nyir’uburumbuke bakamutura urutete rw’imyaka yeze.

Kurikirana ikiganiro kigufi KT Radio yagiranye na Roger Marc Rutindukanamurego umwe mu bakurikirana imigenzo y’umuganura.

Gusanira ni bimwe mu biranga umuganura
Gusanira ni bimwe mu biranga umuganura
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka