Uko byari bimeze mu mafoto

Itorero ry’u Rwanda ni ryo ryabimbuye.

Umudiho w’intore wari ukunzwe cyane.

Ababyeyi b’Abanyarwandakazi na bo bagacishijeho.

Babamurikira inyambo zororerwa mu Burasirazuba bw’u Rwanda.
Abanyekongo batangaje abantu cyane

Uyu yitobora umunwa ntave amaraso.

Abaririmbyi n’abakaraza bo muri Kongo.


Bamwe mu bagize itorero rya Kongo Kinshasa mu ikinamico.

Abo muri Senegal mu mutambagiro.

Senegal mu mudiho w’iwabo.

Umutambagiro wa FESPAD wari wanitabiriwe n’abaturage benshi.
MENYA UMWANDITSI
Ohereza igitekerezo
|