Amafoto ya FESPAD 2016

Ku munsi wa gatatu wayo Iserukiramuco Nyafurika ririmo kubera mu Rwanda, FESPAD 2016, berekeje i Mukarange mu Karere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasizuba.

Uko byari bimeze mu mafoto

Itorero ry'u Rwanda ni ryo ryabimbuye.
Itorero ry’u Rwanda ni ryo ryabimbuye.
Umudiho w'intore wari ukunzwe cyane.
Umudiho w’intore wari ukunzwe cyane.
Ababyeyi b'Abanyarwandakazi na bo bagacishijeho.
Ababyeyi b’Abanyarwandakazi na bo bagacishijeho.
Babamurikira inyambo zororerwa mu Burasirazuba bw'u Rwanda.
Babamurikira inyambo zororerwa mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Abanyekongo batangaje abantu cyane

Uyu yitobora umunwa ntave amaraso.
Uyu yitobora umunwa ntave amaraso.
Abaririmbyi n'abakaraza bo muri Kongo.
Abaririmbyi n’abakaraza bo muri Kongo.
Bamwe mu bagize itorero rya Kongo Kinshasa mu ikinamico.
Bamwe mu bagize itorero rya Kongo Kinshasa mu ikinamico.
Abo muri Senegal mu mutambagiro.
Abo muri Senegal mu mutambagiro.
Senegal mu mudiho w'iwabo.
Senegal mu mudiho w’iwabo.
Umutambagiro wa FESPAD wari wanitabiriwe n'abaturage benshi.
Umutambagiro wa FESPAD wari wanitabiriwe n’abaturage benshi.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka