Dore amwe mu mafoto yaranze ibitaramo bitandukanye itorero Inganzo Ngari ryakoreye muri iki gihugu riherekejwe na Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya.
Amafoto: Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya
Kigali Today
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
Dore amwe mu mafoto yaranze ibitaramo bitandukanye itorero Inganzo Ngari ryakoreye muri iki gihugu riherekejwe na Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya.
Amafoto: Ambasade y’u Rwanda mu Burusiya
Kigali Today
|
Togo: Hemejwe ivugurura ry’Itegeko Nshinga, abatavuga rumwe na Leta babibona ukundi
U Bwongereza bwatangaje igihe indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda
IBUKA irasaba ko ahubatse urwibutso rwa Jenoside rwa Musanze hakwagurwa
Bugesera/Nyirarukobwa: Bibutse imiryango irenga 100 yazimye
Nibakomeze Besimihigo Nkinganzo Ngari Yaguye Kurehayo Niho Tugana Mukomeze Mutambuke Gitore Mwesimihigo Mwiziihirwe ,aracyari Mucyasi Ariko Aravugiye
Inganzo Ngari
Muzahora Ku isonga
Ndabakunda kandi ubanga yaba atabona. Erega ngo burya n’utabona arakabakaba kandi akeza karigura. Muri aba mbere peee. Imana ikomeze ibashoboze uyu munsi n’ejo.
Inganzo Ngari
Muzahora Ku isonga
Ndabakunda kandi ubanga yaba atabona. Erega ngo burya n’utabona arakabakaba kandi akeza karigura. Muri aba mbere peee. Imana ikomeze ibashoboze uyu munsi n’ejo.
INGANZO NGARI
ishema n’ubutwari
Mu kwimakaza no gukundisha ndetse no gukumbuza benshi bimwe mu byiza biranga umuco nyarwanda. Imbyino, ibyivugo, ibihozo, ikondera, inanga, ibyivugo by’intore n’ibindi. Imana kuba hafi y’Inganzo Ngari.
Inganzo ngali mukomere mukomere turabashigikiye mukomeze muzamure umuco wu Rwanda ariryo bendera ryacu
NGANZO NGARI imana ijye ibaha umugisha mubwitange mugaragaza mukubaka igihugu nokukimenya hose mumuco nyarwanda murabishoboye rwose ntawabahiga
NGANZO NGARI imana ijye ibaha umugisha mubwitange mugaragaza mukubaka igihugu nokukimenya hose mumuco nyarwanda murabishoboye rwose ntawabahiga
umuco wacu nomumahanga urakunzwe cyane. nibyo kwishimirwa peeee
umuco wacu amahanga amaze kuwishimira ku buryo yemeye rwose