Uyu mukambwe w’imyaka 104, yatangarije Kigalitoday ko ariwe Imana yanyuzeho mu Rwanda kugira ngo abantu babashe kuyemera. Avuga ko byari bigoye kuzana irindi dini kuko idini rya Gaturika ariryo ryari rizwi gusa.

Iyo ikaba impamvu baterwaga amabuye aho bageze hose kuvuga iby’Imana, kuko babitaga amashitani, nk’uko Sagatwa yakomeje abitangaza.
Uyu mupasitori yabatijwe n’umumisiyoneri Alvar Lindskog wo mu gihugu cya Suwede, nyuma haza kubatizwa abandi bagera ku munani iryo torero riba ritangiye mu Rwanda gutyo.
Ku buzima bwe busanzwe, Pasitori Sagatwa agaragaza integer nke kubera izabukuru, aho atacyumva neza, ntabone ndetse ntabashe no guhaguruka.
Musabwa Euphrem
Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
ohohho nibyiza kumenya amateka yacu hari abata yazi mwatubwira choir ya mbere yageze murwanda
Mwatubonera amwe mu madisikuru y’uyu musaza
Ko twamwigiraho byinshi twe turi kubyirukira mu itorero murakoze
Mwatubonera amwe mu madisikuru y’uyu musaza
Ko twamwigiraho byinshi twe turi kubyirukira mu itorero murakoze
Mbega umukozi wimana nyakuri!!!imana ikomeze imuhe amahoro iwayo murugaga rwa abatagatifujwe.apapastol ndetse na abapadiri bamwigireho rwose.kandi natwe inamaze asize kwisi tuzagera ikirenge muke.
IMANA IZAMURENGERE KANDI IZABANE NAWE MUBIHE BYOSE
pastor sagatwa ludoviko.yabaye intangarugero muri byose .IMANA ikomeze imuhe iruhuko ridashyira.
IMANA ikomeze imwishimire kd nta bwo tuzamwibagirwa.
uyu musaza yitwaye neza.IMANA YO MWIJURU imuhe imigisha
ADPR.YATANGIRIYEHE
uyu numusaza wintangarugero muri societe ikibabaje nuko yaje kwitaba Imana le 28/12/2012.RIP SAGATWA LUDOVIC
uyu musaza yakagombye kujya yitabazwa mugukemura ibibazo by’amatorero yahindutse isibaniro ry’inambara
mbega umusaza unshimishije; none se yabatirjwe nuyu mu missionnaire we ari mu rihe dini ubwo si catholik? ko ariyo yari ihari gusa?