Ingaruka #GumaMuRugo​ ishobora gutera ku buzima bwo mu mutwe n’uburyo bwo kuzirinda (Video)

Kigali Today yagiranye ikiganiro na Jean Michel Iyamuremye, Umuganga akaba n’impuguke mu buzima bwo mu mutwe muri Centre Psychotherapeutique Icyizere ihereye mu Kagari ka Niboye, Akarere ka Kicukiro.

Muri iki kiganiro, Muganga Iyamuremye yagarutse ku ngaruka za GumaMuRugo ku buzima bwo mu mutwe, ariko kandi agaruka no ku buryo abantu bakwiye kwitwara mu rwego rwo kwirinda izo ngaruka.

Bikurikire muri iyi Video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka