Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Col Uwimana watorotse CNRD/FLN yakomoje ku rugendo rw’ibirometero 600 yakoze atahuka
Ubumwe ni ryo shoramari ryiza twakoze - Perezida Kagame
Hari iburo yafungutse-Perezida wa FERWAFA ku gikombe cy’Amahoro Rayon Sports WFC yatwaye ntigitahane
Hari ibyo abana babaza abakuru kuri Jenoside bikabagora kubibonera ibisubizo
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha