Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
|
Inzego z’umutekano zatanze imyirondoro y’umugabo wafashwe yangize imodoka mu Mujyi wa Kigali
Dore ibigo bisarura akayabo mu bucuruzi bw’impera z’Umwaka
Polisi yafashe umugabo wagaragaye amenagura ibirahure by’imodoka ziparitse mu Mujyi wa Kigali
Bugesera FC yashyize iherezo ku mikino 13 Police FC yari imaze idatsindwa
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha