


Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Iburasirazuba: Imirima yunganirwa na SAIP igiye kuba amashuri y’ubuhinzi
Hashyirweho itegeko rihana abasebya amafaranga bavuga ko ari mabi
Gutanga amaraso ni ibya buri wese ufite ubuzima buzira umuze - Dr Muyombo Thomas
Police HC yegukanye shampiyona 2024-2025 (Amafoto)
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha