


Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga
Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara
Bishyiriyeho ikigega cy’Umudugudu kibafasha kwirinda gusesagura imyaka
Burera: Hari abakorera Poste de Santé basaba guhembwa ibirarane by’amezi 5
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha