Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Gakenke: Abaturage bakanguriwe gutanga ibitekerezo byabo
Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuhuzabikorwa wa UN Rwanda
Perezida Kagame ayoboye Inama y’Abaminisitiri
Menya amateka n’Ibigwi by’Intwari y’Imena, Umwami Mutara III Rudahigwa
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha