


Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Abadepite batoye Itegeko ryemerera abangavu kuboneza urubyaro
Urengeje imyaka 40 ntiyemerewe gutwitira undi
Ingabire Victoire yasabye urukiko kumurekura agakurikiranwa adafunze
Yémen: Abimukira 76 bapfuye barohamye, abandi baburirwa irengero
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha