![](IMG/jpg/nsanzimana.jpg)
![](IMG/jpg/nsanzimana_2.jpg)
![](IMG/jpg/nsanzimana_3.jpg)
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Rubavu: Ababyeyi b’abana bafite ubumuga barigishwa ibyo bagomba gukora mu kubitaho
RDC: Corneille Nangaa yatangaje ko ibihano bafatiwe n’Amerika bitazababuza gukomeza urugamba
Perezida Kagame na Infantino baganiriye ku guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda
Umusore yishe umukunzi we kubera intonganya, afatwa na we agiye kwiyahura
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha