Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ku cyicaro cya Minisiteri y’Ubuzima mu Mujyi wa Kigali, tariki 01 Ukuboza 2022, habereye umuhango w’ihererekanyabubassha hagati ya Minisitiri w’Ubuzima ucyuye igihe, Dr. Daniel Ngamije na Dr. Sabin Nsanzimana wamusimbuye.
Minisitiri Sabin Nsanzimana yijeje ko azakorana n’abandi bakorera hamwe nk’ikipe kandi bita ku mitangire ya serivisi inoze.
Reba uko umuhango wagenze muri iyi video:
|
Abarokotse Jenoside bo ku Mugina barasaba ko hakubakwa Urwibutso
Ntimucikwe n’ikiganiro ‘EdTech’ kigaruka ku ikoranabuhanga mu burezi
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Malaysia
Kigali: Imvura yaguye yahitanye abantu 2 isenya n’inzu
Mukore nkabikorera imana izabaha umugisha