Dr Bitwayiki avuga ko nk’umuganga yahisemo kutazongera gushaka umuganga w’amenyo ahubwo ategura uburyo bwo kubyikorera, nk’uko bigaragara muri iyi Video:
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Umuganga w’Amenyo witwa Dr Bitwayiki Léandre yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa. Ibi yabikoze nyuma y’uko hari Umuganga wamukuye iryinyo nabi bikamubabaza cyane.
Dr Bitwayiki avuga ko nk’umuganga yahisemo kutazongera gushaka umuganga w’amenyo ahubwo ategura uburyo bwo kubyikorera, nk’uko bigaragara muri iyi Video:
|
Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique yasuye Ingabo z’u Rwanda ziri i Mocimboa da Praia
Musanze: Urubyiruko rwiyemeje kutajenjekera abagamije gusenya Ubumwe bw’Abanyarwanda
Kenya: Musenyeri Waweru yanenze abahimbye izina Perezida William Ruto
Umutungo wa RNIT Iterambere Fund wageze kuri Miliyari 41Frw
Murhoneza nange nashakaga kubonana namuganga namubonase?
Anyandikiye yabakoze 0789748076
Murakoze