Video: Reba uko umuganga w’amenyo yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa
Yanditswe na
Roger Marc Rutindukanamurego
Umuganga w’Amenyo witwa Dr Bitwayiki Léandre yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa. Ibi yabikoze nyuma y’uko hari Umuganga wamukuye iryinyo nabi bikamubabaza cyane.
Dr Bitwayiki avuga ko nk’umuganga yahisemo kutazongera gushaka umuganga w’amenyo ahubwo ategura uburyo bwo kubyikorera, nk’uko bigaragara muri iyi Video:
MENYA UMWANDITSI
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Nashakaga guhura na muganga 0780572509
Murhoneza nange nashakaga kubonana namuganga namubonase?
Anyandikiye yabakoze 0789748076
Murakoze