Video: Reba uko umuganga w’amenyo yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa

Umuganga w’Amenyo witwa Dr Bitwayiki Léandre yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa. Ibi yabikoze nyuma y’uko hari Umuganga wamukuye iryinyo nabi bikamubabaza cyane.

Dr Bitwayiki avuga ko nk’umuganga yahisemo kutazongera gushaka umuganga w’amenyo ahubwo ategura uburyo bwo kubyikorera, nk’uko bigaragara muri iyi Video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Murhoneza nange nashakaga kubonana namuganga namubonase?
Anyandikiye yabakoze 0789748076

Murakoze

Hatangimana emmanuel yanditse ku itariki ya: 21-08-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka