
MINISANTE, yagaragaje ko uyu muntu mushya wanduye, ari umwe mu bakurikiranwaga, bahuye n’uwari uherutse kwandura.
Kugeza ubu abarimo kuvurwa Marburg ni batatu, ndetse ntawapfuye, mu gihe uyu wanduye yabonetse mu bipimo 97 byafashwe.
Minisiteri y’Ubuzima kandi igaragaza ko abahawe inkingo uyu munsi ari 55, mu gihe inkingo zimaze gutangwa muri rusange ari 1465.
Inkuru zijyanye na: Marburg
- Abari barwaye Icyorezo cya Marburg bose barakize
- Abakize icyorezo cya Marburg barasabwa kwirinda konsa no gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye
- Abantu babiri ni bo bari kuvurwa icyorezo cya Marburg
- Babiri bakize, undi mushya yandura icyorezo cya Marburg
- Abantu batatu ni bo barimo kuvurwa Marbourg
- Umuntu umwe yakize icyorezo cya Marburg
- Umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg
- Umuntu umwe ni we ukirimo kuvurwa Marburg
- Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg
- Umuntu umwe yakize, babiri ni bo bari kuvurwa Marburg
- Minisiteri y’Ubuzima yavuze aho ikeka ko Marburg yaturutse
- Nta muntu wanduye Icyorezo cya Marbug
- Abantu batatu gusa ni bo bari kuvurwa Marburg
- Abantu batanu bakize Marburg
- Abantu umunani bakize Marburg
- Abandi bane bakize Marburg
- Abantu 26 bamaze gukira Marburg
- Ingamba zo guhangana na Marburg zigiye kuvugururwa
- Abantu babiri bakize Marburg
- Undi muntu umwe yishwe na Marburg
Ohereza igitekerezo
|