Umuntu umwe yakize icyorezo cya Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Ukwakira 2024, umuntu umwe ari we wakize icyorezo cya Marburg.

Ntawapfuye, nta n’uwanduye mushya mu bipimo 68 byafashwe kuri uyu munsi, mu gihe abakivurwa ari babiri (2).

Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima kandi igaragaza ko inkingo zimaze gutangwa ari 1410 harimo 108 bakingiwe kuri uyu wa Gatanu.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka