Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg

Kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe gusa (1) ari we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg.

Amakuru mashya MINISANTE yatangaje kuri kuri Virusi ya Marburg, agaragaza ko ntawapfuye, nta n’uwanduye mushya wabonetse ahubwo muri babiri bavurwaga, hakize umwe, undi akaba ari we usigaye avurwa.

Minisiteri y’Ubuzima kandi igaragaza ko kugeza ubu, inkingo zimaze gutangwa ari 1149 ubariyemo 79 bakingiwe kuri uyu munsi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka