Babiri bakize, undi mushya yandura icyorezo cya Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko abantu babiri mu bavurwaga icyorezo cya Marburg bakize, mugihe habonetse undi mushya wanduye icyo cyorezo.

MINISANTE, yagaragaje ko umuntu mushya wanduye ari umwe mu bakurikiranwaga n’uwari uherutse kwandura. Uyu yabonetse mu bipimo 352 byafashwe kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Ukwakira 2024.

Ntawapfuye ndetse inkingo zimaze gutangwa ni 1618 harimo 5 zatanzwe kuri uyu wa Gatatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka