Abantu batatu gusa ni bo bari kuvurwa Marburg

Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE), yagaragaje ko abantu batatu gusa (3) ari bo basigaye bari kuvurwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda, mu gihe umuntu umwe mu bari barwaye yakize.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hafashwe ibipimo 126.

Ntawapfuye, ndetse nta n’uwanduye mushya wabonetse kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Ukwakira 2024.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abakingiwe bamaze kuba 1032, ubariyemo 156 bahawe urukingo uyu munsi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka