• 14 Ugushyingo, Umunsi wahariwe Diyabete ku Isi

    Mu gihe isi yose izirikana umunsi wahariwe indwara ya Diyabete kuwa 14 Ugushyingo, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO rivuga ko abantu basaga miliyoni 422 ku isi hose barwaye Diyabete, abenshi bakaba ari abo mu bihugu bikennye n’ibifite iterambere riciriritse aho iyi ndwara ihitana miliyoni 1,5 buri mwaka.



  • Minisitiri w

    Virusi ya Marburg yavuye ku ducurama mu birombe biri hafi y’i Kigali

    Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko Virusi ya Marburg imaze guhitana abantu 16 mu Rwanda, yavuye ku ducurama turya imbuto tuba mu buvumo bw’ibirombe bitari kure y’i Kigali.



  • Uwakize icyorezo cya Marbrg agomba kwirinda kuko aba ashobora kwanduza

    Abakize icyorezo cya Marburg barasabwa kwirinda konsa no gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye

    Minisiteri y’Ubuzima, Minisante, yatangaje ko abakize Virusi ya Marburg, bagomba kwitwararira cyane birinda gukora imibonano mpuzabitsinda idakingiye, konsa kuko hari ibice virusi isigaramo mu gihe kirenga umwaka, utitwararitse akaba yakwanduza abandi iyo ndwara.



  • Agahinda gakabije ni ikibazo gikomeye gishobora kuba cyateza urupfu

    Urubyiruko rufite virusi itera SIDA ruri mu bugarijwe n’agahinda gakabije

    Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, kivuga ko 55% by’urubyiruko rufite kuva ku myaka 10-24 y’amavuko rwugarijwe n’indwara y’agahinda gakabije(depression), ituma umuntu adafata imiti neza bikaba byamuviramo urupfu rwihuse.



  • Habonetse undi muntu mushya wanduye Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024 habonetse undi muntu umwe wanduye icyorezo cya Marburg, akaba yabonetse nyuma y’ibipimo byafashwe aho umurwayi wa mbere yanduriye.



  • Umuntu umwe ni we ukirimo kuvurwa Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 22 Ukwakira 2024 umuntu umwe ari we ukirimo kuvurwa indwara ya Marburg, uyu muntu akaba ari na we wari urimo kuvurwa ku wa Mbere tariki 21 Ukwakira 2024.



  • Minisitiri w

    Minisiteri y’Ubuzima yavuze aho ikeka ko Marburg yaturutse

    Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko amakuru inzego z’ubuzima zifite, agaragaza ko umuntu bikekwa ko ari we wa mbere wanduye icyorezo cya Marburg, yagikuye ku nyamaswa y’agacurama.



  • Abantu 26 bamaze gukira Marburg

    Umubare w’abakira icyorezo cya Marburg ukomeje kwiyongera, aho abandi batandatu bakize ku wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024, abamaze gukira bose hamwe baba 26.



  • Minisitiri w

    MINISANTE yaganiriye n’abayobozi b’amadini n’amatorero ku cyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, MINISANTE yagiranye ikiganiro n’abayobozi b’amadini n’amatorero ku miterere y’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.



  • Ingamba zo guhangana na Marburg zigiye kuvugururwa

    Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hari ingamba zigiye kuvugururwa mu gukomeza guhangana na Marburg imaze ibyumweru birenga bibiri igaragaye mu Rwanda.



  • Undi muntu umwe yishwe na Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 11 Ukwakira 2024 umuntu umwe yishwe n’indwara ya Marburg, yuzuza umubare w’abantu 14 bamaze gupfa mu Rwanda bazize icyo cyorezo.



  • Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rwa Virusi ya Marburg, bitanga icyizere cyo kuyitsinda

    Abantu 33 ni bo barimo kuvurwa Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 09 Ukwakira 2024 nta muntu wishwe n’indwara ya Marburg, nta wakize, nta n’uwanduye mushya wabonetse kuri uwo munsi.



  • Undi muntu yishwe n’indwara ya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 08 Ukwakira 2024 umuntu umwe yishwe n’indwara ya Marburg, yuzuza umubare w’abantu 13 bamaze kwicwa n’iyo ndwara mu Rwanda.



  • Abanduye virusi ya Marburg biyongereyeho barindwi

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 07 Ukwakira 2024 habonetse abandi bantu barindwi banduye icyorezo cya Marburg, bituma abamaze kugaragaraho icyo cyorezo bose hamwe baba abantu 56.



  • Abandi bantu batatu bakize Marburg

    Amakuru mashya yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku Cyumweru tariki 06 Ukwakira 2024 agaragaza ko abantu batatu bakize icyorezo cya Marburg, bituma abamaze gukira bose hamwe baba abantu umunani.



  • Bimwe mu bikoresho bishobora kwifashishwa ku kazi cyangwa mu rugo n

    Inama ku batabona umwanya uhagije wo gukora siporo bakeneye kwirinda indwara zitandura

    Impuguke mu buzima zirasaba abantu cyane cyane abatabona uburyo buhagije bwo gukora siporo, gukoresha ubundi buryo bubarinda kugira umubyibuho ukabije burimo imirire inoze ndetse n’imashini zishobora kubafasha kugabanya ibiro bitabatwaye umwanya munini, kuko kudakora siporo ari kimwe mu birimo kongera umuvuduko w’indwara (…)



  • MINISANTE yatangaje ko mu Rwanda hageze imiti n

    Guhera kuri iki Cyumweru u Rwanda rwatangiye gukingira abantu icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) yatangaje ko guhera kuri iki Cyumweru tariki 06 Ukwakira 2024 yatangiye gukingira abantu indwara ya Marburg, ikaba yahereye ku bakozi bo kwa muganga n’abagiye bahura n’abarwayi.



  • Mu Rwanda abanduye Virusi ya Marburg biyongereyeho batanu

    Abantu 46 ni bo bamaze kumenyekana banduye icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Barimo 12 bapfuye, 29 barimo kuvurwa n’abandi batanu bakize.



  • Mu Rwanda icyorezo cya Marburg kimaze kuboneka mu bantu 41

    Abantu 41 ni bo bamaze kumenyekana banduye icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Barimo 12 bapfuye, 24 barimo kuvurwa n’abandi batanu bakize.



  • Nubwo ahenshi hari urukarabiro ariko usanga hari n

    Marburg: Imyumvire ituma hari abanga gukaraba intoki batinya kurwara ibimeme

    Nubwo Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE), ku wa 27 Nzeri 2024 yatangaje ko mu Rwanda habonetse abarwayi ba mbere bafite ibimenyetso by’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, kandi mu ngamba zo kuyirinda hakaba harimo no gukaraba intoki, ariko hari bamwe mu baturage bagifite imyumvire yo kwanga (…)



  • Mu Rwanda abantu batanu bakize icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko abantu batanu bari baranduye Virusi ya Marburg bakize, abakirimo kuvurwa ni 21, kuri uyu wa Kane ntawapfuye azize icyo cyorezo.



  • Mu Rwanda abanduye Virusi ya Marburg biyongereyeho barindwi

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko undi muntu umwe yishwe n’icyorezo cya Marburg ku wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yuzuza umubare w’abantu cumi n’umwe bamaze gupfa bazize icyo cyorezo.



  • Marburg: Undi muntu umwe yapfuye

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko umuntu umwe mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, yishwe n’icyorezo cya Marburg, yuzuza umubare w’abantu icumi bamaze gupfa bazize icyo cyorezo.



  • Mu Rwanda undi muntu umwe yishwe na Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko umuntu umwe mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 30 Nzeri 2024, yishwe n’icyorezo cya Marburg, yuzuza umubare w’abantu icyenda bamaze gupfa bazize icyo cyorezo.



  • Mu Rwanda abandi bantu babiri bishwe na Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko abantu babiri mu Rwanda kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, bishwe n’icyorezo cya Marburg, buzuza umubare w’abantu umunani bamaze gupfa bazize icyo cyorezo.



  • Guherekeza abishwe n

    Marburg: Imihango yo gusezera mu rugo no mu rusengero uwitabye Imana irabujijwe

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza yo kwirinda indwara ya Marburg, arimo kubuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti.



  • Minisitiri w

    Abarenga 300 bahuye n’abarwaye Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko imaze kubona abantu bagera hafi kuri 300 bahuye n’abarwayi b’icyorezo cya Marburg kimaze iminsi micye kigaragaye mu Rwanda, ariko ngo bashobora kwiyongera kuko gushakisha bikomeje.



  • Virusi ya Marburg iherutse kumvikana mu Rwanda, imaze guhitana bamwe, abandi bararwaye

    Marburg: Ambasade ya Amerika mu Rwanda yasabye abakozi bayo gukorera mu rugo

    Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yasabye abakozi bayo gutangira gukorera mu rugo kuri uyu wa 30 Nzeri 2024, nyuma y’uko indwara ya Marburg igeze mu Rwanda, ikaba imaze guhitana batandatu.



  • Virusi ya Marburg uko igaragara mu byuma by

    Mu Rwanda abantu batandatu bamaze kwicwa n’indwara ya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda abantu batandatu ari bo bamaze kwicwa n’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, abandi 20 bakaba barimo kuvurwa.



  • Abaturage batuye muri imwe mu Mirenge yo mu Turere two mu Burengerazuba, barasabwa kwita ku isuku cyane

    RBC yatanze umuburo ku ndwara ya Cholera mu Ntara y’Iburengerazuba

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyandikiye Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) gisaba ko hatangira gukorwa ubukangurambaga mu Ntara y’Iburengerazuba mu Mirenge yegereye umupaka ku ndwara ya cholera yiyongera mu gihe cy’imvura.



Izindi nkuru: