Zimwe mu nama zafasha umuntu kwirinda indwara ya Diyabete

Impinduka z’ibihe mu buryo bw’imibereho, bivugwa ko zihinduka cyane uko ibinyejana bihita ibindi bigataha, bigahinduka bizana ibyiza mu buzima ariko n’ibibi, kuko iterambere ry’inganda ryaje riherekejwe n’uko abantu basigaye bagira umujagararo w’ubwonko cyane (stress), abenshi bagafata amafunguro ataboneye (fast-food), abandi bakamara igihe kinini cyane bicaye cyangwa se baryamye kurusha icyo bamara bakora ibikorwa bituma banyeganyega. Ibyo byose biri mu byongera ibyago byo kurwara Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri (type 2) n’ibibazo bijyana na Diyabete yo mu bwoko bwa mbere n’ubwa kabiri.

Ku rubuga www.doctissimo.fr, inzobere mu buvuzi zivuga ko umuntu yaba afite Diyabete cyangwa atarayirwara, gutangira kwiga uburyo bwo kubaho neza byafasha mu kugabanya ibyago kurwara iyo ndwara ariko no kugabanya ingaruka zijyana nayo ku bantu bamaze kuyirwara.

Binyuze mu kurya indyo iboneye, bifasha mu kugabanya isukari, ariko bikanafasha mu kugira ibiro biri ku murongo mwiza, bityo bigafasha umuntu kwirinda iyo ndwara ya diyabete.

Hari kandi kugabanya urugero rw’amavuta mu mafunguro umuntu afata, abantu bagahindura uburyo bwo guteka, bakarya ibitogosheje mu mazi cyangwa se bitekesheje umwuka, kuruta gukunda gufata amafunguro atetswe mu mavuta.

Kwirinda amasukari yaba isukari yo muri za ‘gâteaux’, za bombo cyangwa se za biswi. Ikindi ni ukwirinda kurya umunyu mwinshi, umuntu akimenyereza kurya umunyu mukeya, ahubwo akaba yakoresha ibindi birungo by’ibyatsi, indimu n’ibindi biryoshya amafunguro.

Ikindi ni ukugabanya urugero rw’inzoga umuntu anywa, akanywa inzoga nkeya. Hari kandi no kwitoza kugira gahunda mu byerekeye amasaha yo gufata amafunguro, umuntu akirinda gusimbuka ifunguro na rimwe, kandi akarya ku masaha adahindagurika cyane kugira ngo yirinde kuryagagura.

Gukora siporo ku buryo buhoraho, kuko imibereho y’abantu muri iki gihe cy’iterambere, ngo ntituma abantu bakoresha imbaraga z’umubiri cyane, ahubwo bamara igihe kinini bicaye cyangwa se baryamye, bigatuma isukari igira igihe cyo kwibika cyane mu maraso, ariko siporo ifasha mu kugabany aisukari mu maraso no gufusha ‘insuline’ gukora neza akazi kayo ko kuringaniza isukari yo mu maraso.

Gukora siporo, umuntu ahitamo iyo akunda kandi byaba byiza akaba ashobora kubona abo akorana nabo kugira ngo bamutere umwete, harimo kugenda n’amaguru, gukoresha za ‘escaliers’, kugendagenda igihe umuntu amaze gufata ifunguro kugira ngo adahita aryicarana cyangwa se ngo aryame akimara kurya.

Ikindi ni ukwirinda umujagararo w’ubwonko ‘stress’, kuko ari kimwe mu bintu bikomeye bitera indwara ya diyabete. Ku bantu bazi ko bakunda kugira stress cyane, ni byiza ko bashaka umwanya wo kuvugana n’inshuti, bakaganira bakaruhuka, cyangwa se bakiga ubundi buryo bwo kuyirwanya bushoboka, harimo nko gukora siporo ya ‘yoga’, n’izindi.

Ikindi ni ukwirinda kunywa itabi cyangwa se kurireka ku basanzwe barinywa, impamvu ni uko kunywa itabi bibangamira imikorere myiza ya ‘insuline’ nk’uko byemezwa n’umuganga w’indwara z’umutima witwa Pr Daniel Thomas.

Itabi kandi ryongera ingaruka z’indwara ya diyabete. Ariko kurireka byafasha mu kwirinda diyabete no kugabanya ibibazo bijyana nayo ku bamaze kuyirwara.

Kugenzura ibiro no kwirinda umubyibuho ukabije, nabyo bafasha mu kwirinda diyabete, kuko kugira ibinure cyane cyane ibinure byo ku nda, byongera ibyago byo kurwara iyo ndwara ya diyabete, ndetse n’izindi ndwara zitandukanye. Bityo rero kugabanya ibiro ku bafite iby’umurengera byagira akamaro cyane ku buzima bwabo. Ubundi ngo kurya indyo iboneye no gukora siporo bikunze kujyana no kugira ibiro biringanira bidasabye ko umuntu yibuza kurya cyangwa yibabaza cyane.

Hari ibyagombye gutuma umuntu ahora yipimisha indwara ya diyabete kuko afite ibyago byinshi byo kuyirwara, aho ni ku bantu barengeje imyaka 40 y’amvuko, kuba hari umwe mu muryango urwaye diyabete, kuba umuntu yarigeze kuyirwara mu gihe atwite (diabète gestationnel).

Gukunda kwipimisha kenshi indwara ya diyabete, birafaha kuko umuntu atangira kuvurwa vuba, indwara itaragera ku rugero rukabije, kuko ngo hari igihe diyabete itinda kugaragara, ariko hari ibimenyetso byayo bishobora kuburira umuntu, harimo kugira inyota nyinshi kandi kenshi, gushaka gusoba/kwihagarika buri kanya, umunaniro uhoraho, gucika intege, kudakira vuba aho umuntu yakomeretse no kutabona neza.

Hari kandi ibibazo by’ubuzima byongera ibyago byo kurwara diyabete yo mu bwoko bwa kabiri (type2)harimo umuvuduko w’amaraso ukabije, isukari byinshi mu maraso, cyangwa se ibinure bibi bya ‘ cholestérol ‘, ufite ibyo bibazo aba yagombye kwihutira kwa muganga kugira ngo bakomeze gukurikirana ko hatarimo na diyabete.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC kigaragaza ko kwirinda ibitera indwara ya diyabete ariyo ntambwe igabanya ibyago byo kuyirwara kuko kuyirinda bitanga amahirwe ari hejuru ya 50% kugera kuri 75% yo kutarwara iyi ndwara idakira. Ni mu gihe kandi iyi ndwara ikomeje kwiyongera hirya no hino ku isi, by’umwihariko ikaba iri kuri 3% mu Rwanda.

Diyabete izwi nk’indwara y’isukari ni uburwayi bushobora kwibasira uwo ari we wese, igira amoko menshi gusa akunze kuboneka ni 3 harimo ubwoko bwa mbere buterwa n’uko impindura (pancreas) itabasha gutanga umusemburo wa insuline ukenewe mu kuringaniza isukari mu mubiri biragoye kwirinda ubu bwoko kuko usanga abasirikare b’umubiri bangiza uturemangingo dukora uyu musemburo, ubwoko bwa kabiri bwo buturuka ku mibereho y’umuntu n’ubwa gatatu bufata ababyeyi batwite.

Inzobere mu buzima zivuga ko diyabete ari indwara umuntu ashobora kubana nayo ntagire ikibazo mu gihe yiyitayeho uko bikwiriye ndetse agafata imiti neza.

Dr Raban Dusabimana wita kubarwayi ba diyabete mu ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabete mu Rwanda, aganira na RBA, yavuze ko kwisuzumisha hakiri kare birinda izindi ngaruka zishobora gushamikira kuri iyo ndwara.

RBC igaragaza ko kuri ubu mu Rwanda ikigero cy’abarwaye diyabete ari 3%, by’umwihariko muri aba 90% ni abafite diyabete yo mu bwoko bwa 2, iyi ishobora guturuka ku mubyibuho ukabije, kunywa inzoga nyinshi ndetse n’itabi, kutarya indyo yuzuye n’ibindi.

Dr Simon Pierre uhagarariye ishami rishinzwe kurwanya diyabete muri RBC avuga ko kwirinda ariyo ntambwe y’ingenzi mu kugabanya ibyago byo kuyirwara. Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC kigaragaza ko hejuru ya 50% y’abarwaye diyabete bayigendana batabizi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 29 )

Muraho neza
Nitwa Ruth ntuye rubavu
Nange nari ndwaye Diabetes
Gusa ubu narakize
Mfashe uyu mwanya ngo mfashe buri muntu wese waba ufite ikibazo cyiyi ndwara
Nukuri irakira peuh
Nagiye kwa muganga biranga
Yanga gukira burundu
Gusa nyuma naje kumenya ikigo gikorana nabanyamerika hariya kigali nyarugenge
Bampa imiti
Nari nzi ko bizamera nkuko byari bisanzwe ikanga gukira
Gusa yaje gukira mbifashijwemo niyo miti bampaye
Kubwubyishimo mfite
Nifuje kubasangiza aya makuru
Nundi muntu uyirwaye yabahamagara
Aho yaba ari hose bamufasha no hanze yigihugu

Number yabo niyi
+250796204581

Landouard yanditse ku itariki ya: 26-04-2025  →  Musubize

Muraho neza nitwa kirenga emmanuel ntuye mukarere ka Muhanga, ndashima Imana ko nakize diabete,nari nyimaranye imyaka 4 nagerageje kwivuriza kwa muganga ariko hi bampaga imiti yanyoroherezaga gusa, nivurije henshi hashoboka byari byaranze,ubwo naringeze kurwego rwo gucika ibisebe ntibikire kandi namaguru yari yarabyimbe,sinarinyibasha kugenda,ubwo nabonye binyobeye ndekera ahongaho cyane ko abantu bavugaga ko diabete idakira, haciyemo amezi 2 ,ngira abashyitsi iwanjye murumuna wanjye ndetse namugenzi we bakorana, uwo bakorana namugiriyeho umugisha kuko yandangiye kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa kigali, gusa nagiyeyo ntakizere mfite, ikinezeza nuko nyuma yamezi 4 nkoresha products zaho nabashije gukira neza ubu ndashima Imana, nawe ubashaka bagufasha nimero yabo ni +250783122103

Maestro yanditse ku itariki ya: 23-04-2025  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Mugisha pacific mperereye nyamagabe
Namenye ko ndwaye Indwara ya diabetes mumwaka wa 2017 ngerageza kwivuza ahantu henshi Ariko biranga pe. Isukari YAKOMEJE kuzamuka kugeza kurwego naringeze kubipimo 500.
Naringeze kurwego niteraga inshinge za insulin burimunsi.
Gusa hari umuvandimwe wandangiye abantu bakorera mumujyi wa Kigali (down town) bavura bakoresheje Imiti ituruka muri America ikozwe muburyo bwumwimerere
Ubu ni ubuhamya bwange!!! Kubyukuri sinigeze mpitambyizera KUKO nari nariyakiriye ko diabetes idakira. Noneho bitewe namafranga banshiye nahise numva barikumbeshya.
Gusa nagiriye ikizere umuvandimwe wandangiyeyo MFATA Imiti YUKWEZI kumwe ndayikoresha. Natunguwe no kubona ukwezi gushize numva natangiye kwijajara.
Byansabye amezi 3 ndigukoresha iyo miti isukari uramanuka ngera kubipimo 96.
Mubyukuri ntanubwo byampenze pe kuko narindembye. Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza ububuhamya ngo nawe urwaye cyangwa urwaje diabetes ureke kwiheba kuko hari igisubizo kd kirambye
Nimero YABO baganga mwabavugishaho ni,0792940838

Mugisha pacific yanditse ku itariki ya: 19-04-2025  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Mugisha pacific mperereye nyamagabe
Namenye ko ndwaye Indwara ya diabetes mumwaka wa 2017 ngerageza kwivuza ahantu henshi Ariko biranga pe. Isukari YAKOMEJE kuzamuka kugeza kurwego naringeze kubipimo 500.
Naringeze kurwego niteraga inshinge za insulin burimunsi.
Gusa hari umuvandimwe wandangiye abantu bakorera mumujyi wa Kigali (down town) bavura bakoresheje Imiti ituruka muri America ikozwe muburyo bwumwimerere
Ubu ni ubuhamya bwange!!! Kubyukuri sinigeze mpitambyizera KUKO nari nariyakiriye ko diabetes idakira. Noneho bitewe namafranga banshiye nahise numva barikumbeshya.
Gusa nagiriye ikizere umuvandimwe wandangiyeyo MFATA Imiti YUKWEZI kumwe ndayikoresha. Natunguwe no kubona ukwezi gushize numva natangiye kwijajara.
Byansabye amezi 3 ndigukoresha iyo miti isukari uramanuka ngera kubipimo 96.
Mubyukuri ntanubwo byampenze pe kuko narindembye. Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza ububuhamya ngo nawe urwaye cyangwa urwaje diabetes ureke kwiheba kuko hari igisubizo kd kirambye
Nimero YABO baganga mwabavugishaho ni0792940838

Ndikumana jelime yanditse ku itariki ya: 18-04-2025  →  Musubize

Mwiriweneza?? Nitwa Mugisha pacific mperereye nyamagabe
Namenye ko ndwaye Indwara ya diabetes mumwaka wa 2017 ngerageza kwivuza ahantu henshi Ariko biranga pe. Isukari YAKOMEJE kuzamuka kugeza kurwego naringeze kubipimo 500.
Naringeze kurwego niteraga inshinge za insulin burimunsi.
Gusa hari umuvandimwe wandangiye abantu bakorera mumujyi wa Kigali (down town) bavura bakoresheje Imiti ituruka muri America ikozwe muburyo bwumwimerere
Ubu ni ubuhamya bwange!!! Kubyukuri sinigeze mpitambyizera KUKO nari nariyakiriye ko diabetes idakira. Noneho bitewe namafranga banshiye nahise numva barikumbeshya.
Gusa nagiriye ikizere umuvandimwe wandangiyeyo MFATA Imiti YUKWEZI kumwe ndayikoresha. Natunguwe no kubona ukwezi gushize numva natangiye kwijajara.
Byansabye amezi 3 ndigukoresha iyo miti isukari uramanuka ngera kubipimo 96.
Mubyukuri ntanubwo byampenze pe kuko narindembye. Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza ububuhamya ngo nawe urwaye cyangwa urwaje diabetes ureke kwiheba kuko hari igisubizo kd kirambye
Nimero YABO baganga mwabavugishaho ni.
0783122103

Uwimana judith yanditse ku itariki ya: 17-04-2025  →  Musubize

Nitwa jean Bosco ntuye i kigali nyarugenge nge kukijyanye na diabetes nfite ubuhamya bukomeye kuko indwara zitandura nazibonyeho amakuru menya kohari ibindi bintu wafatanya na displine nimiti yo kwa muganganga ugakira niba aho wava kubipimo 280 ukagera kuri 110 mu gihe cy’ukwezi kumwe nfite rero numero nkoresha nagufasha nkaguha inkuru irambuye ubaye ubishaka whatsapp/call 0792940838 wambaza mumasaha ya kumanywa gusa kubwimirimo nkora murakoze aya makuru nta kiguzi atangwaho wowe nyandikira cg umpamagare Murakoze

Irafasha jean Bosco yanditse ku itariki ya: 12-04-2025  →  Musubize

Muraho neza nitwa kirenga emmanuel ntuye mukarere ka Muhanga, ndashima Imana ko nakize diabete,nari nyimaranye imyaka 4 nagerageje kwivuriza kwa muganga ariko hi bampaga imiti yanyoroherezaga gusa, nivurije henshi hashoboka byari byaranze,ubwo naringeze kurwego rwo gucika ibisebe ntibikire kandi namaguru yari yarabyimbe,sinarinyibasha kugenda,ubwo nabonye binyobeye ndekera ahongaho cyane ko abantu bavugaga ko diabete idakira, haciyemo amezi 2 ,ngira abashyitsi iwanjye murumuna wanjye ndetse namugenzi we bakorana, uwo bakorana namugiriyeho umugisha kuko yandangiye kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa kigali, gusa nagiyeyo ntakizere mfite, ikinezeza nuko nyuma yamezi 4 nkoresha products zaho nabashije gukira neza ubu ndashima Imana, nawe ubashaka bagufasha nimero yabo ni +2507783122103

Mutuyimana fresiyane yanditse ku itariki ya: 10-04-2025  →  Musubize

Muraho neza nitwa kirenga emmanuel ntuye mukarere ka Muhanga, ndashima Imana ko nakize diabete,nari nyimaranye imyaka 4 nagerageje kwivuriza kwa muganga ariko hi bampaga imiti yanyoroherezaga gusa, nivurije henshi hashoboka byari byaranze,ubwo naringeze kurwego rwo gucika ibisebe ntibikire kandi namaguru yari yarabyimbe,sinarinyibasha kugenda,ubwo nabonye binyobeye ndekera ahongaho cyane ko abantu bavugaga ko diabete idakira, haciyemo amezi 2 ,ngira abashyitsi iwanjye murumuna wanjye ndetse namugenzi we bakorana, uwo bakorana namugiriyeho umugisha kuko yandangiye kujya kwivuriza mukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa kigali, gusa nagiyeyo ntakizere mfite, ikinezeza nuko nyuma yamezi 4 nkoresha products zaho nabashije gukira neza ubu ndashima Imana, nawe ubashaka bagufasha nimero yabo ni +250732509289

Kirenga emmanuel yanditse ku itariki ya: 10-03-2025  →  Musubize

Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye umutima, umuvuduko wamaraso we wari hejuru cyane, ndetse narindwaye na DIABBETTE nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza, Numuvuduko uri normal, Nakurangira uwo Muganga niba nawe ukeneye Gufashwa wahamagara kuri 0783122103

Valensi yanditse ku itariki ya: 7-02-2025  →  Musubize

Mwaramutseneza?? Nitwa Mugisha pacific mperereye nyamagabe

Namenye ko ndwaye Indwara ya diabetes mumwaka wa 2017 ngerageza kwivuza ahantu henshi Ariko biranga pe. Isukari YAKOMEJE kuzamuka kugeza kurwego naringeze kubipimo 500.
Naringeze kurwego niteraga inshinge za insulin burimunsi.

Gusa hari umuvandimwe wandangiye abantu bakorera mumujyi wa Kigali (down town) bavura bakoresheje Imiti ituruka muri America ikozwe muburyo bwumwimerere

Ubu ni ubuhamya bwange!!! Kubyukuri sinigeze mpitambyizera KUKO nari nariyakiriye ko diabetes idakira. Noneho bitewe namafranga banshiye nahise numva barikumbeshya.

Gusa nagiriye ikizere umuvandimwe wandangiyeyo MFATA Imiti YUKWEZI kumwe ndayikoresha. Natunguwe no kubona ukwezi gushize numva natangiye kwijajara.
Byansabye amezi 3 ndigukoresha iyo miti isukari uramanuka ngera kubipimo 96.

Mubyukuri ntanubwo byampenze pe kuko narindembye. Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza ububuhamya ngo nawe urwaye cyangwa urwaje diabetes ureke kwiheba kuko hari igisubizo kd kirambye

Nimero YABO baganga mwabavugishaho ni.

0792940838cg0734673660

Wanabandikira kuri WhatsApp
Kuko bavura Indwara nyinshi cyane cyane izi zitandura
Nka
1. Diabetes
2.umuvuduko wamaraso
3.cancel
4.asthma
5. SINEZITE
6.Igifu
7.Impyiko
8.Umwijima
9.Umugongo
10.Amaso

NIZINDI NYINSHI pe.
0792940838/0734673660

Murakoze

Mugisha pacific yanditse ku itariki ya: 5-02-2025  →  Musubize

Mwaramutseneza?? Nitwa Mugisha pacific mperereye nyamagabe

Namenye ko ndwaye Indwara ya diabetes mumwaka wa 2017 ngerageza kwivuza ahantu henshi Ariko biranga pe. Isukari YAKOMEJE kuzamuka kugeza kurwego naringeze kubipimo 500.
Naringeze kurwego niteraga inshinge za insulin burimunsi.

Gusa hari umuvandimwe wandangiye abantu bakorera mumujyi wa Kigali (down town) bavura bakoresheje Imiti ituruka muri America ikozwe muburyo bwumwimerere

Ubu ni ubuhamya bwange!!! Kubyukuri sinigeze mpitambyizera KUKO nari nariyakiriye ko diabetes idakira. Noneho bitewe namafranga banshiye nahise numva barikumbeshya.

Gusa nagiriye ikizere umuvandimwe wandangiyeyo MFATA Imiti YUKWEZI kumwe ndayikoresha. Natunguwe no kubona ukwezi gushize numva natangiye kwijajara.
Byansabye amezi 3 ndigukoresha iyo miti isukari uramanuka ngera kubipimo 96.

Mubyukuri ntanubwo byampenze pe kuko narindembye. Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza ububuhamya ngo nawe urwaye cyangwa urwaje diabetes ureke kwiheba kuko hari igisubizo kd kirambye

Nimero YABO baganga mwabavugishaho ni.

0794555304cg0735563903

Wanabandikira kuri WhatsApp
Kuko bavura Indwara nyinshi cyane cyane izi zitandura
Nka
1. Diabetes
2.umuvuduko wamaraso
3.cancel
4.asthma
5. SINEZITE
6.Igifu
7.Impyiko
8.Umwijima
9.Umugongo
10.Amaso

NIZINDI NYINSHI pe.
0794555304/0735563903.

Murakoze

Mugisha pacific yanditse ku itariki ya: 28-01-2025  →  Musubize

Murakoze cyane, mukecuru wanjye yari arwaye umutima, umuvuduko wamaraso we wari hejuru cyane, ndetse narindwaye na DIABBETTE nari narabuze igisubizo kuko nari narivurije ahantu henshi nyuma yigihe naje Guhura numuganga uvurisha Imiti ituruka muri America ariko ubu yarakize neza cyane, ibyo Bimenyesto byose yarabifite ariko ubu ntanakimwe agaragaza, Numuvuduko uri normal, Nakurangira uwo Muganga niba nawe ukeneye Gufashwa wahamagara kuri 0783122103

Gakire yanditse ku itariki ya: 25-01-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka