Uyu munsi hagaragaye undi muntu umwe urwaye Coronavirus

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko kuri uyu wa gatatu tariki 25 hagaragaye undi muntu umwe urwaye Coronavirus.

Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri mirongo ine n’umwe (41).

Uwo muntu ngo yaje aturutse i Dubai akaba yari yarashyizwe mu kato nk’uko iri tangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ribivuga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ese niba ibiribwa bihari kumasoko Kandi hakaba hari baryaga aruko bavuye gupagasa bizagenda gute? Thanks

Mukeshimana yanditse ku itariki ya: 26-03-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka