Umuntu umwe ni we ukirimo kuvurwa Marburg

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 22 Ukwakira 2024 umuntu umwe ari we ukirimo kuvurwa indwara ya Marburg, uyu muntu akaba ari na we wari urimo kuvurwa ku wa Mbere tariki 21 Ukwakira 2024.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Byebye Malbec!!!
Rwose dustimirime buriya wese wabigizemo uruhare cyane Abakora kwa muganga bashyize ubuzima bwabo mukaga
Tutibagiwe abayobozi bacu.

Samuel yanditse ku itariki ya: 27-10-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka