Umugabo w’imyaka 85 yishwe na #COVID19 i Kigali, abakize ni 29

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 12 Mata 2021, mu Rwanda habonetse abantu 109 bashya banduye Covid-19, buzuza umubare w’abamaze kuyandura bose hamwe wa 23,535. Abakize icyo cyorezo kuri uwo munsi ni 29, abakirimo kuvurwa ni 1,947.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Murwego rwogukomezaguhangana na corona virus reta ifashe ingambazikurikira byadufasha guhashya iki cyorezo 1.kongera umubare w’abakorera bushake kuko ahobari ibintu bigenda neza ariko mukubongera bakagira ikintu bagenerwa nk’isabune kuko kuvabatangira gukora nahawe isabune imwe urumva ntibajya bajya mubantu babanukira Kandi ikindi mwibukeko barya kuko bahera mugitondo bakora bakageza kumugoroba 2.ibirango ntibihagije kuko ntamuturage wamwumva atambaye ikirango Yego Ni abakorerabushake ariko mubereke ko mubashyigikiye igitekerezo cyanjye Ni icyo

NTIRENGANYA Philemon yanditse ku itariki ya: 13-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka