Sobanukirwa uko indwara ya ‘Trichomonas’ yandura
Trichomonas (tirikomonasi) ni indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina, ikaba iterwa n’agakoko kitwa ‘’Trichomonas vaginalis’’ yibasira umubare munini w’abantu ku isi, aho abasaga miliyoni 143 bandura buri mwaka, ni ukuvuga ubwandu bushya, nkuko bigaragazwa n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS).

Iyo ndwara yibasira cyane abagore, gusa n’abagabo barayandura iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina idakingiye n’abagore bayanduye.
Uko yandura
Trichomonas yandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, ariko ishobora no kwandurira mu bikoresho by’isuku nka (essuie mains, gants de toilette, indobo, amabase n’ibindi), ishobora no kwandurira kandi mu kwambarana imyenda y’imbere, nk’uko urubuga Journaldesfemmes.fr rubitangazwa.
Ibimenyetso bya Trichomonas ku bagore
• Mu gitsina havamo ururenda rwinshi rufite ibara rijya kuba icyatsi kandi runuka cyane ( Pertes verdâtres)
• Kumva ububabare mu gihe cyo kwihagarika
• Kumva uburyaryate no kwishimagura mu gitsina
• Kubangamirwa mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina
• Kumva ububabare bwinshi mu kiziba cy’inda
Ibimenyetso bya Trichomonas ku bagabo
• Guhisha no kumva ububabare ku mutwe w’igitsina
• Guhisha no kumva ububabare ku dusabo tw’intanga
• Kumva ububabare mu gihe cyo kwihagarika no kuzana ururenda kuri bamwe.
Ibyo bimenyetso akenshi birijyana hagati y’iminsi 5 na 28 ku bagore, ariko iyo bigiye ukibwira ko indwara yikijije utarigeze uyivuza neza uba wikururira ibyago bikurikira:
• Ku mugore utwite ingobyi y’umwana ishobora gufunguka bityo agakuramo inda.
• Iyo umwana avutse ayivukanye aba afite ibyago byo kutageza imyaka 5 mu gihe atavuwe.
• Umugore ufite iyi ndwara ahorana udusebe mu gitsina bityo kwandura SIDA bikoroha.
Uko Indwara ya Trichomonas isuzumwa
Iyo ndwara ipimirwa kwa muganga aho bapima inkari muri mikorosikopi, cyangwa se bagapima ururenda bakuye mu gitsina imbere ku bagore.
Uburyo iyo ndwara yirindwa
1. Gukoresha agakingirizo igihe cyose ukoze imibonano mpuzabitsina n’abantu barenze umwe.
2. Kwirinda guca inyuma uwo mwashakanye, niba uri ingaragu ukifata.
3. Ku bagore, ni ukwirinda gusangira imyenda y’imbere, ibikoresho byo kogeramo, ibitambaro byo kwihanaguza, ndetse n’imisarane bicaraho ya rusange mu gihe bishoboka.
4. Mu gihe ukeka ko wanduye ihutire kwivuza kandi ntugakore imibonano mu gihe utarakira neza.
Ibitekerezo ( 25 )
Ohereza igitekerezo
|
murugo ni I MUHANGA ndumumama wabana 4 maze amezi 2 nyize indwara ya infection, ndashimira ikigo cyabanyamerika cyamfashije nkakira iyi ndwara kuko naringeze kure pe, sinarinyigira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ,mbese murugo nta mwuka mwiza waruhari hagati yanjye numugabo,nahoranaga uburyaryate mugitsinda kandi nkaira ururenda rwazaga runuka kubi ubwo rero nivurije kwamuganga hafi umwaka wose bakampa imiti bikoroha ariko numa yukwezi bikagaruka ,ubwo umuntu umwe navugako ari Imana yamunyoherereje kwahuriye kwamuganga nagiye kwivuza ama infection, tugirana ikiganiro mutekerereza ikibazo cyanjye arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mu mugi wa kigali nagiyeyo ntakizere, ariko ubu ndashima Imana kuko imiti bampaye yaranyijije ubu hehe nokongera kugira ikibazo cya infection nawe ubashaka wabahamagara kuri0792940838/0734673660 bagufashe
uwimana Francine yanditse ku itariki ya: 27-05-
*DORE UKO NIVURIJE AMA INFECTION*
Nitwa Uwimana francine murugo ni I Muganga ndumumama wabana 4 maze amezi 2 nyize ama infection yari yaranzengereje pe, ubu ndashima ikigo cyabanyamerika cyamfashije nkakira iyi NDWARA kuko naringeze kure pe,sinarinyigira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina,mbese murugo nta mwuka mwiza waruhari hagati yanjye n’umugabo, nahoranaga uburyaryate mugitsina Kandi nkagira IMPUMURO MBI mugitsina, NDETSE rimwe na rimwe nazanaga ururenda runuka ,ubwo rero nivurije kwamuganga Hafi umwaka wise bakampa imiti bikoroha ariko nyuma yukwezi bikagaruka, ubwo rero umunsi umwe, nahuye numumama duhuriye kurusengero turaganira, navugako ari Imana yamunyoherereje, namutekerereje ikibazo mfite arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mumugi wa Kigali nagiyeyo ntakizere, bampa imiti nyikoresha ukwezi kumwe, ubu rwose ndashima Imana kuko imiti bampaye yaranyijije ,NAWE ubashaka wabahamagara kuri +250783700426
Nitwa Uwimana francine murugo ni I MUHANGA ndumumama wabana 4 maze amezi 2 nyize indwara ya infection, ndashimira ikigo cyabanyamerika cyamfashije nkakira iyi ndwara kuko naringeze kure pe, sinarinyigira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ,mbese murugo nta mwuka mwiza waruhari hagati yanjye numugabo,nahoranaga uburyaryate mugitsinda kandi nkaira ururenda rwazaga runuka kubi ubwo rero nivurije kwamuganga hafi umwaka wose bakampa imiti bikoroha ariko numa yukwezi bikagaruka ,ubwo umuntu umwe navugako ari Imana yamunyoherereje kwahuriye kwamuganga nagiye kwivuza ama infection, tugirana ikiganiro mutekerereza ikibazo cyanjye arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mu mugi wa kigali nagiyeyo ntakizere, ariko ubu ndashima Imana kuko imiti bampaye yaranyijije ubu hehe nokongera kugira ikibazo cya infection nawe ubashaka wabahamagara kuri0792940838/0734673660 bagufashe
Muraho neza ,nitwa Uwimana Claire,numwe mubamama bahuye niyi ndwara ya infection,Kandi igihe kirekire namaze imyaka 4,ama infection yaranze gukira,sinagiraga ubushake mugikorwa, iyo nahuraga numugabo narababaraga cyane, ibi byatumye umugabo tutabana neza, ikindi nagiraga ururenda runuka cyane kuburyo byambangamiraga cyane,ibi BYOSE byatumye mbaho narihebye kubera ko nari narivuje ,ejo nkakira ariko nyuma yiminsi bikagaruka, rero nabayeho murubwo buzima gutyo, gusa rimwe nahuye ninshuti yanjye twari twarahujwe nubuzima bwo gusenga, mutekerereza ikibazo cyanjye,nyuma yo Kumva agahinda mfite , yandangiye kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo numva ntakizere,ariko natunguwe n’uko imiti bampaye nayikoresheje ukwezi kumwe gusa,maze ndakira neza,NDASHIMIRA inshuti yanjye yamuje nicyo KIGO, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0783122103
Noex koko iyi ngwara ya trikomonas irakira Burundu
*UBUHAMYA KUNDWARA YAMA INFECTION*
Nitwa Uwimana francine murugo ni I MUHANGA ndumumama wabana 4 maze amezi 2 nyize indwara ya infection, ndashimira ikigo cyabanyamerika cyamfashije nkakira iyi ndwara kuko naringeze kure pe, sinarinyigira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ,mbese murugo nta mwuka mwiza waruhari hagati yanjye numugabo,nahoranaga uburyaryate mugitsinda kandi nkaira ururenda rwazaga runuka kubi ubwo rero nivurije kwamuganga hafi umwaka wose bakampa imiti bikoroha ariko numa yukwezi bikagaruka ,ubwo umuntu umwe navugako ari Imana yamunyoherereje kwahuriye kwamuganga nagiye kwivuza ama infection, tugirana ikiganiro mutekerereza ikibazo cyanjye arumirwa andangira kujya kwivuriza kukigo cyabanyamerika gikorera mu mugi wa kigali nagiyeyo ntakizere, ariko ubu ndashima Imana kuko imiti bampaye yaranyijije ubu hehe nokongera kugira ikibazo cya infection nawe ubashaka wabahamagara kuri +250732509289/+250783700426
Tuvura indwara za enfection ku bagore niba ufite ikibazo cya enfection duhamagare cyangwa utwandikire kuri+250798507606
Tuvura indwara za enfection ku bagore niba ufite icyo kibazo twagufasha ukamera neza
Duhamagare cyangwa utwandikire kuri
CONTACT+250798507606
Mwiriwe nez ndabasuhuje narye ndumiwe mubantu bakize infection arikububndashimirq umuntu wampaye amakuru ubunarqkize niba nawe ufite icyo kibazo wamuhamagara ku 0791747620/0735563903
Muraho neza ,nitwa Uwimana Claire,numwe mubamama bahuye niyi ndwara ya infection,Kandi igihe kirekire namaze imyaka 4,ama infection yaranze gukira,sinagiraga ubushake mugikorwa, iyo nahuraga numugabo narababaraga cyane, ibi byatumye umugabo tutabana neza, ikindi nagiraga ururenda runuka cyane kuburyo byambangamiraga cyane,ibi BYOSE byatumye mbaho narihebye kubera ko nari narivuje ,ejo nkakira ariko nyuma yiminsi bikagaruka, rero nabayeho murubwo buzima gutyo, gusa rimwe nahuye ninshuti yanjye twari twarahujwe nubuzima bwo gusenga, mutekerereza ikibazo cyanjye,nyuma yo Kumva agahinda mfite , yandangiye kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo numva ntakizere,ariko natunguwe n’uko imiti bampaye nayikoresheje ukwezi kumwe gusa,maze ndakira neza,NDASHIMIRA inshuti yanjye yamuje nicyo KIGO, nawe ubashaka wabahamagara kuri0792940838/0734673660
NDI KABARE NANJYE IYI NDWARA NAYIMARANYE IGIHE KUBURYO BYATUMYE NUMUGABO WANJYE AJYA AHANDI KUKO BYARI BIBI CYANE, UMUNUKO, IBISEBE,KURIBWA MU KIZIBA KINDA, KUBURA UBUSHAKE MBESE BYOSE BYARI BYARAHAGAZE!!! NAJE KUMENYA UMUGANGA UBA KIGALI AHO MU RDA YANYOHEREJE UMUTI URAMFASHA PE! UBU MEZE NEZA : 0783122103
Muraho neza ,nitwa Uwimana Claire,numwe mubamama bahuye niyi ndwara ya infection,Kandi igihe kirekire namaze imyaka 4,ama infection yaranze gukira,sinagiraga ubushake mugikorwa, iyo nahuraga numugabo narababaraga cyane, ibi byatumye umugabo tutabana neza, ikindi nagiraga ururenda runuka cyane kuburyo byambangamiraga cyane,ibi BYOSE byatumye mbaho narihebye kubera ko nari narivuje ,ejo nkakira ariko nyuma yiminsi bikagaruka, rero nabayeho murubwo buzima gutyo, gusa rimwe nahuye ninshuti yanjye twari twarahujwe nubuzima bwo gusenga, mutekerereza ikibazo cyanjye,nyuma yo Kumva agahinda mfite , yandangiye kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali,nagiyeyo numva ntakizere,ariko natunguwe n’uko imiti bampaye nayikoresheje ukwezi kumwe gusa,maze ndakira neza,NDASHIMIRA inshuti yanjye yamuje nicyo KIGO, nawe ubashaka wabahamagara kuri 0783122103
Kwirinda cg no kwivuza infection byose birashoboka kuko hari osabune yabugenewe mukwiyitaho
Niba yarageze kurwego rwo hejuru burya infection zinatuma wagira ibibyimba muri nyababyeyi mbaza uko wakira infection cg ibibyimba muri nyababyeyi
Indwara zigitsina gore mbaza kuko dutanga service nziza nabagize ikibazo cyo kubura urubyaro turabafasha
Wahamagara kuri +250787998183 welcome