Sobanukirwa byinshi ku ndwara y’umwingo

Abahanga mu by’ubuzima basobanura ko indwara y’umwingo ari ukubyimbirwa kw’imvubura yitwa Thyroide iba mu ijosi.

Iyi mvubura ishinzwe gukora imisemburo yitwa thyroxine (tirogisine) igenga imikurire y’umuntu ikanamurinda ubukonje cyangwa ubushyuhe bukabije buturuka mu mubiri ubwawo.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko indwara y’umwingo yibasiye abatuye isi mu mwaka wa 2004 aho abagera kuri 15,8 % byabo bagezweho na wo, bitewe n’igabanuka ry’umunyu ngugu wa iyode ryagaragaye ku bantu bagera kuri miliyari 2 na miliyoni 200.

Nk’uko tubisanga mu gitabo cyitwa Anatomy and Physiology, cyanditswe na Stephen Tate, bavuga ko umwingo urimo amoko abiri.

 Ubwoko bwa mbere bw’umwingo buterwa no kubura imyunyu ngugu ya iyode mu maraso, ibi bigatuma iyo mvubura ibyimba ikaza inyuma (exterior of the neck) cyangwa ikagana mu ijosi imbere (interior in the neck).

 Ubwoko bwa kabiri bwo ngo buterwa no kwiyongera kw’ imisemburo ya thyroxine mu maraso. Icyo gihe na bwo iyo mvubura irabyimba n’ amaso agaturumbuka (toxic goiter).

Ibimenyetso bigaragara ku murwayi w’ umwingo:

 Kugira ubushyuhe bwinshi, haba mu gihe hakonje cyangwa hashyushye, bitewe n’uko ya misemburo yabaye myinshi bigatuma umubiri ukora cyane.
 Kugira isesemi no gusonza cyane.
 Kunanirwa guhumeka no kumira
 Kwitsamura kenshi no gukorora
 Kugira ijwi risaraye

Hari ibimenyetso byihariye biboneka bitewe n’ubwoko bw’umwingo.
Iyo ari umwingo watewe n’ikorwa ry’umusemburo wa thyroxine mwinshi (Hyperthyroïdie)

 Umurwayi atakaza ibiro cyane (kunanuka)
 Gutera cyane k’umutima
 Gususumira
 Kumva ufite ubwoba no kurakazwa n’ubusa
 Kugira icyocyere no kubira ibyuya mu buryo bukabije
 Gucibwamo, n’ibindi.

Mu gihe umwingo watewe n’ikorwa ry’umusemburo muke wa Thyroxine (Hypothyroïdie) umurwayi agaragaza ibi bimenyetso:

 Kubyimba mu maso bigendana no kwiyongera ibiro mu buryo budasobanutse (kubyibuha)
 Imikorere mibi (kugenda buhoro) y’ubwonko bishobora kuganisha ku kwiheba (Depression)
 Guhorana umunaniro
 Kwituma impatwe (Constipation),
 Gutera buhoro k’umutima

Icyakora ngo iyo umwingo ukiri muto nta bimenyetso ugaragaza, ahubwo bigenda biboneka uko ugenda ukura buhoro buhoro.

Abakunze kwibasirwa n’indwara y’umwingo

• Abagore barengeje imyaka 50
• Kuba mu muryango harimo uwigeze kuwurwara
• Gukoresha imiti imwe n’imwe,
• Abagore batwite

Ese Umwingo uravurwa ugakira?

Umwingo ni indwara ikira bitewe n’urugero igezeho cyangwa n’icyawuteye. Urugero mu gihe ufite umwingo uterwa no kubura imyunyu ngugu ya Iyode, kwa muganga bashobora gushishikariza umurwayi kurya amafunguro akungahaye ku myunyu ngugu ya iyode ndetse no kugabanya amafunguro akennye kuri iyo myunyu ngugu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 23 )

*ubuhamya bwanjye uko nakize umwingo Kandi ntabazwe*
nitwa Mizero Emmanuel,NARWAYE umwingo imyaka 4 yose,nagerageje kwivuriza kwa Muganga igihe kingana nimyaka 2,ariko mbona ntampinduka,byageze naho ntangira kujya ndabura uko mpumeka,nkabira ibyuya byinshi mugihe kijoro,umutima ugatera cyane, ibyo byarambangamiraga cyane,Kandi umwingo Niko warushagaho kubyimba,kwa Muganga bangiriye inama yo kuwubagisha kubitaro bikuru ,ariko narabyanze,kubera ko HARI mugenzi wanjye wigeze kurwara umwingo barawubaga urongera uragaruka,ikindi nuko gukorerwa operation njyewe ntabikubda kubwamahirwe naganiriye nuwahoze arumwarimu wanjye, mutekerereza ibyambayeho,angirinama yo kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere mfite,bampa imiti nyikoresha amezi 3,ubu narakize neza ,nakize umwingo Kandi ntakubagwa kubayeho,nawe ubashaka wabahamagara kuri +250783700426/+250732509289

Mizero Emmanuel yanditse ku itariki ya: 26-04-2025  →  Musubize

nitwa Kirenga Emmanuel,NARWAYE umwingo imyaka 4 yose,nagerageje kwivuriza kwa Muganga igihe kingana nimyaka 2,ariko mbona ntampinduka,byageze naho ntangira kujya ndabura uko mpumeka,nkabira ibyuya byinshi mugihe kijoro,umutima ugatera cyane, ibyo byarambangamiraga cyane,Kandi umwingo Niko warushagaho kubyimba,kwa Muganga bangiriye inama yo kuwubagisha kubitaro bikuru ,ariko narabyanze,kubera ko HARI mugenzi wanjye wigeze kurwara umwingo barawubaga urongera uragaruka,ikindi nuko gukorerwa operation njyewe ntabikubda kubwamahirwe naganiriye nuwahoze arumwarimu wanjye, mutekerereza ibyambayeho,angirinama yo kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere mfite,bampa imiti nyikoresha amezi 3,ubu narakize neza ,nakize umwingo Kandi ntakubagwa kubayeho,nawe ubashaka wabahamagara kuri +250783700426/+250732509289

Kirenga Emmanuel yanditse ku itariki ya: 25-04-2025  →  Musubize

Umwingo nirwara mbi ariko ikira vuba niba uwurwaye cya uwurwaye aho waba uri hose imiti ikugeraho icambere nuko wisuzumishije ubizineza ko ariwo urwaye nyandikira cya umpamagare kuri 0793864813. Nkufashe ntimugire ikibazo simwebwe mpereyeho mvura mpamagara 0793864813/0729783095

Byiringiro dieudonne yanditse ku itariki ya: 19-04-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa HARERIMANA Jean Claude ndi umwe mi bantu bakize umwingo bigoranye. Nari nkumaranye imyaka ine narivurije ahantu henshi hatandukanye biranga nyuma narihebye cyane nyuma yo kubura abaganga bamfasha gukira iyi ndwara. Nari ngeze kurwego guhumeka byari ikibazo,nkabira ibyuya cyane mugihe cya nijoro muby’ukuri byari bigoye cyane. Kubw’amahirwe nahuye n’umugabo twari twariganye mutekerereza ikibazo cyange. Yandangiye kujya kwivuriza ku kigo cy’abanyamerika gikorera I Kigali ariko sinigeze mbyizera. Bampaye imiti ntungurea no kubona nyuma y’amezi 2 nkoresha iyo miti umwingo wabashije kugenda ubu meze neza.Ndashimira uwo mugabo wampaye amakuru y’ingenzi cyane nari nkeneye kugirango mbashe gukira. Habaye hari umuntu ufite ikibazo nk’icyo nari mfite yabahamagara 0783122103

Kevin yanditse ku itariki ya: 20-02-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza niba uziko urwaye umwingo ntiwihebe kuko urakira Kandi utabazwe njye mfite UBUHAMYA sinarinziko umwingo ukira ariko ubu narawukize nyuma y’imyaka3 ndwaye niba wifuza gukira umwingo wahamagara 250791747620 bakagufasha nanjye baramfashije

uwineza yanditse ku itariki ya: 13-02-2025  →  Musubize

nitwa Iragena alice,NARWAYE umwingo imyaka 4 yose,nagerageje kwivuriza kwa Muganga igihe kingana nimyaka 2,ariko mbona ntampinduka,byageze naho ntangira kujya ndabura uko mpumeka,nkabura ibyuya byinshi mugihe kijoro,umutima ugatera cyane, ibyo byarambangamiraga cyane,Kandi umwingo Niko warushagaho kubyimba,kwa Muganga bangiriye inama yo kuwubagisha kubitaro bikuru ,ariko narabyanze, kubwamahirwe naganiriye nuwahoze arumwarimu wanjye, mutekerereza ibyambayeho,angirina yo kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere mfite,bampa imiti nyikoresha amezi 3,ubu narakize neza ,nakize umwingo Kandi ntakubagwa kubayeho,nawe ubashaka wabahamagar kuri 0783122103

uwimana claire yanditse ku itariki ya: 10-02-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa HARERIMANA Jean Claude ndi umwe mi bantu bakize umwingo bigoranye. Nari nkumaranye imyaka ine narivurije ahantu henshi hatandukanye biranga nyuma narihebye cyane nyuma yo kubura abaganga bamfasha gukira iyi ndwara. Nari ngeze kurwego guhumeka byari ikibazo,nkabira ibyuya cyane mugihe cya nijoro muby’ukuri byari bigoye cyane. Kubw’amahirwe nahuye n’umugabo twari twariganye mutekerereza ikibazo cyange. Yandangiye kujya kwivuriza ku kigo cy’abanyamerika gikorera I Kigali ariko sinigeze mbyizera. Bampaye imiti ntungurea no kubona nyuma y’amezi 2 nkoresha iyo miti umwingo wabashije kugenda ubu meze neza.Ndashimira uwo mugabo wampaye amakuru y’ingenzi cyane nari nkeneye kugirango mbashe gukira. Habaye hari umuntu ufite ikibazo nk’icyo nari mfite yabahamagara kuri0792940838/0734673660

Harerimana jean Claude yanditse ku itariki ya: 19-01-2025  →  Musubize

nitwa Iragena alice,NARWAYE umwingo imyaka 4 yose,nagerageje kwivuriza kwa Muganga igihe kingana nimyaka 2,ariko mbona ntampinduka,byageze naho ntangira kujya ndabura uko mpumeka,nkabura ibyuya byinshi mugihe kijoro,umutima ugatera cyane, ibyo byarambangamiraga cyane,Kandi umwingo Niko warushagaho kubyimba,kwa Muganga bangiriye inama yo kuwubagisha kubitaro bikuru ,ariko narabyanze, kubwamahirwe naganiriye nuwahoze arumwarimu wanjye, mutekerereza ibyambayeho,angirina yo kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere mfite,bampa imiti nyikoresha amezi 3,ubu narakize neza ,nakize umwingo Kandi ntakubagwa kubayeho,nawe ubashaka wabahamagar kuri 0735454502

habimana yanditse ku itariki ya: 5-11-2024  →  Musubize

Muraho! Amazina yange nitwa mushimiyimana angelique ntuye mu karere ka nyamasheke narwaye umwingo umerera nabi Koko! Nageze aho niheba numva ko bazambaga kdi ngo niyo bawubaze ugera aho ukagaruka. Numvaga ubuzima bwenge bugeze ku iherezo ariko navuganye na mama wacu utuye mumugi wa Kigali andangira ikigo cy’abanyamerika gikorera mumugi njyayo bampa imiti nkoresha. Nayikoresheje ukwezi kumwe gusa ubu ntanubwo wamenya ko nawurwaye. Ndashimira mama wacu Kuko iyo ataba we ubu mba narabazwe kdi nyuma nabwo ukazagaruka. Nawe niba urwaye umwingo tuza kdj uhumure Kuko urakira rwose hamagara nimero ya muganga kuri +250789931092 baragufasha nange baramfashije. Ntanze ubu buhamya Kuko nishimye bitavugwa nawe nifuza ko watandukana n’iyi ndwara. Murakoze!

Mushimiyimna angelique yanditse ku itariki ya: 2-11-2024  →  Musubize

Muraho neza nitwa Iragena alice,NARWAYE umwingo imyaka 4 yose,nagerageje kwivuriza kwa Muganga igihe kingana nimyaka 2,ariko mbona ntampinduka,byageze naho ntangira kujya ndabura uko mpumeka,nkabura ibyuya byinshi mugihe kijoro,umutima ugatera cyane, ibyo byarambangamiraga cyane,Kandi umwingo Niko warushagaho kubyimba,kwa Muganga bangiriye inama yo kuwubagisha kubitaro bikuru ,ariko narabyanze, kubwamahirwe naganiriye nuwahoze arumwarimu wanjye, mutekerereza ibyambayeho,angirina yo kujya kwivuriza kukigo cy’abanyamerika gikorera mu mugi wa Kigali, nagiyeyo ntakizere mfite,bampa imiti nyikoresha amezi 3,ubu narakize neza ,nakize umwingo Kandi ntakubagwa kubayeho,nawe ubashaka wabahamagara kuri 0783700426/0732509289

Iragena alice yanditse ku itariki ya: 26-10-2024  →  Musubize

Mwiriwe neza nitwa HARERIMANA Jean Claude ndi umwe mi bantu bakize umwingo bigoranye. Nari nkumaranye imyaka ine narivurije ahantu henshi hatandukanye biranga nyuma narihebye cyane nyuma yo kubura abaganga bamfasha gukira iyi ndwara. Nari ngeze kurwego guhumeka byari ikibazo,nkabira ibyuya cyane mugihe cya nijoro muby’ukuri byari bigoye cyane. Kubw’amahirwe nahuye n’umugabo twari twariganye mutekerereza ikibazo cyange. Yandangiye kujya kwivuriza ku kigo cy’abanyamerika gikorera I Kigali ariko sinigeze mbyizera. Bampaye imiti ntungurea no kubona nyuma y’amezi 2 nkoresha iyo miti umwingo wabashije kugenda ubu meze neza.Ndashimira uwo mugabo wampaye amakuru y’ingenzi cyane nari nkeneye kugirango mbashe gukira. Habaye hari umuntu ufite ikibazo nk’icyo nari mfite yabahamagara kuri +250789931092

HARERIMANA Jean claude yanditse ku itariki ya: 8-10-2024  →  Musubize

Natangiye kugaragaza Ibimenyetso uyu munsi birimo kubyimba mu ijosi no gukorora cyane mumfashe menye aho bakorera
0782023921

Ezekiel Itangishaka yanditse ku itariki ya: 2-11-2024  →  Musubize

muraho nanjye maze iminsi ubu mu mihogo simeze neza ijwi rirmo kugenda risarara kubera indwara isa numwingo ubyimba ugana imbere nyuma yo kwisuzumisha  Fausal no ku baganga batandukanye bambwira ko harimo udufuka turimo amazi ko nyine uri ubwoko bwumwingo. bamaze umwaka babibonye. natinye ko babibaga. mushobora kumfasha mukampuza nabaganga binzobere. murakoze

uwamariya Vestine yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka