Ntabwo ari inshuro imwe natekereje kwiyahura - Ubuhamya bw’uwarokotse Stroke

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyakoze ubushakashatsi gisanga indwara ya stroke iri ku mwanya wa gatatu mu zihitana abantu benshi mu Rwanda ndetse umuntu umwe mu bantu bane akaba ashobora kugira ubu burwayi.

Mutabaruka Ghislain ni umwe mu bahuye n’ubu burwayi buturuka ku gucika kw’imiyoboro y’amaraso ijya mu bwonko.

Mu buhamya ndetse n’impanuro aha abakiri bato, abagira inama yo kujya bitwararika bakamenya gukoresha igihe cyabo neza bakirinda kujya mu bigare bibaganisha kunywa itabi, kwirinda umubyibuho ukabije ndetse n’ibindi byose byatuma batagira umwanya uhagije wo kuruhuka kuko iyo asubije amaso inyuma asanga ari ho ashobora kuba yarakuye iyi ndwara.

Bikurikire muri iyi video:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka