
Ni inama zitangwa mu gihe kuri uyu wa kane tariki ya 14 Ugushyingo 2019, u Rwanda rwifatanyije n’isi mu kwizihiza umunsi wahariwe kurwanya indwara zitandura zirimo diyabete.
Kigali Today ivugana n’umuyobozi w’ibitaro bya Rubavu Lt Col Dr. William Kanyankore, yavuze ko umuntu ufite ibimenyetso birimo gucika intege, kugira icyaka no kwihagarika burikanya, kugira isereri no guhuma amaso, kuribwa umutwe, ari ibimenyetso by’ibanze ku murwayi wa diyabete bimusaba kujya kwa muganga bakamukurikirana.
Diyabete ni indwara irimo ibyiciro bibiri, kuko hari diabete y’abana iterwa n’uruhererekane ku bo bakomokaho, ariko hari na diabete iterwa n’imihindagurikire y’umubiri nko kongera umubyibuho.

Nubwo umurwayi ugannye amavuriro hari ibyo amusaba gukurikiza mu kurinda umubiri we, abahanga mu mirire batanga inama ku mafunguro yagenewe abarwayi ba diyabete, harimo kwirinda amavuta afashe.
Mukantagwabira Donatille, impuguke mu mirire y’abarwayi ba diabete, avuga ko umurwayi wa diyabete akwiye kwirinda amavuta afashe akomoka ku nyamaswa, kuko ashobora guziba imitsi bikamugiraho ingaruka z’umwijima n’umutima.
Mukantagwabira avuga indyo yuzuye ku murwayi wa diabete ari ingenzi, icyakora akavuga ko amata menshi ku murwayi wa diabete atari meza, ahubwo abantu bakitabira kurya imboga, kunywa amazi no gukora siporo.
Mu Karere ka Rubavu habarurwa abarwayi ba diyabete y’abantu bakuru 950, diyabete y’abana 38, abarwaye asima 181 naho abafite umuvuduko w’amaraso ni 1,722.
Iyi mibare ariko ni iy’ababashije kugera kwa muganga bagasuzumwa, bivuze ko hashobora kuba hari n’abandi bazirwaye ariko batabizi, kuko batageze kwa muganga.
Nubwo ari indwara zitandura, biba byiza iyo umuntu yisuzumishije kare agakurikiranwa akavurwa, kuko hari izishobora gukira mu gihe iyo yivuje indwara imugeze kure bigorana gukira.
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
Diabetes nindwara mbi ikomeje guhitana ubuzima bwa benshi nange yariyaranzahaje gusa naje guhura numuntu andangira umuganga ubungubu meze neza cyane niba nawe ufite ikibazo wahamamagara+250795966642 ukavugana namiganga
Mwiriwehoneza niba warivuje bikanga ndumwe mubantubaguhuza ninzobere mukuyivura ugakira burundu kuko ndumuhamya wuko wakira nawe hamagara kuruyumurongo/0790677705/0724313368
Muramahoro bakundwa mbifurije ubuzimabuzima iyini indwarambicyane ikunzegutwara ubuzima muburyo butunguranye kumuntu utayivuje Kare akabayahuraningaruka zikomeye nkubuhumyi kububatse ingo ibikorwabyabashakanye ntibigengeneza nokubura ubuzima twagufasha niba uyirwaye cg iyirwaje twandikire /+250 790677705/0724313368
Nitwa niyonzima ntuye i kigali nyarugenge nge kukijyanye na diabetes nfite ubuhamya bukomeye kuko indwara zitandura nazibonyeho amakuru menya kohari ibindi bintu wafatanya na displine nimiti yo kwa muganganga ugakira niba aho wava kubipimo 280 ukagera kuri 110 mu gihe cy’ukwezi kumwe nfite rero numero nkoresha nagufasha nkaguha inkuru irambuye ubaye ubishaka whatsapp/call 0788922007 wambaza mumasaha ya kumanywa gusa kubwimirimo nkora murakoze aya makuru nta kiguzi atangwaho wowe nyandikira cg umpamagare Murakoze
( 9 )
Mwiriweneza?? Nitwa Mugisha pacific mperereye nyamagabe
Namenye ko ndwaye Indwara ya diabetes mumwaka wa 2017 ngerageza kwivuza ahantu henshi Ariko biranga pe. Isukari YAKOMEJE kuzamuka kugeza kurwego naringeze kubipimo 500.
Naringeze kurwego niteraga inshinge za insulin burimunsi.
Gusa hari umuvandimwe wandangiye abantu bakorera mumujyi wa Kigali (down town) bavura bakoresheje Imiti ituruka muri America ikozwe muburyo bwumwimerere
Ubu ni ubuhamya bwange!!! Kubyukuri sinigeze mpitambyizera KUKO nari nariyakiriye ko diabetes idakira. Noneho bitewe namafranga banshiye nahise numva barikumbeshya.
Gusa nagiriye ikizere umuvandimwe wandangiyeyo MFATA Imiti YUKWEZI kumwe ndayikoresha. Natunguwe no kubona ukwezi gushize numva natangiye kwijajara.
Byansabye amezi 3 ndigukoresha iyo miti isukari uramanuka ngera kubipimo 96.
Mubyukuri ntanubwo byampenze pe kuko narindembye. Niyompamvu Nifuje kuba nabasangiza ububuhamya ngo nawe urwaye cyangwa urwaje diabetes ureke kwiheba kuko hari igisubizo kd kirambye
Nimero YABO baganga mwabavugishaho ni.
0792422845
1.ikibazo:iyo umuntu ababara Munda ,akumva afite imbeho,akihagarika yellow urine bigarazako umuntu afite diabetes.
2.turabashimira kubwinama nziza mukomeje kutugira ikindi nuko mwazajya mukoresha nibura voice note cyangwa amashusho
##TWITE KUBUZIMA BWACU# +250783887766
.⬇️⬇️.
Tubafitiye supplement zizewe mukuvura ndetse no kurinda umubiri.
✅ Kumuntu wazahajwe nubwandu, infection, Umuvuduko w’amaraso, kuringaniza amasukari ......ni kubufatanye na Dynapharm international.
⬇️⬇️Call or WhatsApp (+250783887766)#we deliver
Mwaramutse, NUKURİ NTABWO BYARİ BİNYOROHEYE, ARİKO BAVANDİ, NARİ NDWAYE DİYABETE MVA KUBİNİ NJYA KU NSHİNGE MANA YANJYE! UMUBİRİ WANJYE WARAHAHAMUTSE, KANDİ MUBUZİMA BUSANZWE NANGA URUSHİNGE KUVA MUBWANA. GUSA TWARİMO TUGANİRA AHANTU TUVUGA İBYİYİ NDWARA BAMPA NUMBER Z’UMUNTU WAKİZE DİYABETE.NAHİSE MUVUGUSHA AMPA UBUHAMYA BUHAGİJE.YAMPAYE NUMERO Y’UWAMUVUYE TURABONANA UBU NARAKİZE BYOSE NDARYA NKAVUTURA ARİKO ARAHENDA. MUHAMAGARE MWUMVİKANE.0788354951
Wouuu nibyo koko uyu mugabo yaramfashije rwose!!