Mu Rwanda umuntu umwe yishwe na #COVID-19, abakize ni 86

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 28 Mata 2021, mu Rwanda umuntu umwe yishwe na Covid-19. Abayikize ni 86 bituma umubare w’abamaze gukira bose hamwe baba 23,175. Abanduye bashya ni 74, abakirwaye bose hamwe ari 1,381 na ho abarembye ari batatu (3).

Uwitabye Imana ni umugabo w’imyaka 56 i Huye.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka