Mu Rwanda habonetse abantu bashya 86 banduye COVID-19, abakize ni 139

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 13 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 139 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 86, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1367. Umuntu umwe mu bari barwaye yitabye Imana. Uwo ni umugore w’imyaka 79 i Kigali, abarembye ni cumi na bane. Kuri uyu wa Gatandatu kandi abakingiwe ni 4,464 mu Mujyi wa Kigali, nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka