Mu Rwanda habonetse abantu bashya 43 banduye COVID-19, abakize ni 66

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 14 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 66 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 43, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1340. Abantu bane mu bari barwaye bitabye Imana i Kigali. Abo ni umugore w’imyaka 63 n’abagabo batatu b’imyaka 89, 75 na 62. Abarembye ni cumi na babiri. Abakingiwe ku Cyumweru ni 3,911 mu Mujyi wa Kigali.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Murakoze Nuko mwadufungurira insegero kuko dufite inzara ninyota byogusenga twujuje ibisabwa ariko nuyumusi ntitwinjira murusejyero Kandi intego dufite niyogushishikariza abakirisito kwirinda icyorezo cya kovid19 dukaraba intoki nisabune Namazi meza cyagwa umuti wabugenewe cyane kobamwe tumaze nokumenyera kuwugendana murakoze

Ntirenganya Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 15-03-2021  →  Musubize

Gusenga ni byiza badufashe

Gaetan yanditse ku itariki ya: 15-03-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka