Mu Rwanda habonetse abantu bashya 116 banduye COVID-19, abakize ni 69

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 69 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 116, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1385. Abantu babiri mu bari barwaye bitabye Imana i Huye. Abo ni abagabo babiri b’imyaka 69 na 52 y’amavuko. Abarembye ni cumi na batatu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka