Mu Rwanda abantu batatu bishwe na #COVID19, abakize ni icyenda
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 01 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu icyenda bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 136, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1400. Abagabo batatu b’imyaka 83, 79 na 61 bitabye Imana i Kigali, abarembye bakaba ari batandatu, nk’uko imibare ibigaragaza.
Shakisha izindi nkuru
Inkuru zijyanye na: Coronavirus
- #Covid19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 108, abakize ni 121
- Huye: Bamwe mu bacururiza mu isoko ryo mu mujyi basabwe kuba bahagaritse ibikorwa by’ubucuruzi
- #Covid-19: Abantu 179 bashya ni bo banduye, abakize ni 130
- Minisitiri Gatabazi yavuze ku cyatumye imirenge imwe mu Ntara y’Amajyepfo ishyirwa muri Guma mu rugo
- #Covid-19 mu Rwanda yishe abantu batatu, abakize ni 111
- Bafashwe bikingiranye mu nzu basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
- Hari imirenge ishobora gushyirwa muri Guma mu Rugo mu Majyepfo
- ‘Doze’ ya kabiri y’urukingo rwa COVID-19 yatangiye gutangwa, izindi nkingo zirenga 500,000 zaratumijwe
- Video: Polisi yahagaritse ubukwe bw’abarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid19, aho bwaberaga harafungwa
- RBC yasobanuye impamvu y’ubwiyongere bwa Covid-19 mu Majyepfo
- Mu Rwanda abantu 74 bakize Covid-19, abanduye bashya ni 76
- #COVID-19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 135, abakize ni 126
- Ruhango: Hashyizweho abantu 2500 bafasha abaturage kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19
- Si abaturage gusa, n’abayobozi baradohotse ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 - Meya Gashema
- Barifuza ko habaho amasezerano mpuzamahanga azajya agenderwaho mu gihe hadutse icyorezo
- Impamvu utubari tudafungura kandi ibindi bikorwa byarafunguwe
- Gutumira abantu benshi iwawe ni ugutumira Covid-19 - CP Kabera
- Leta irahumuriza abategereje urukingo rwa kabiri rwa AstraZeneca
- Abaturarwanda barasabwa kutadohoka ku ngamba zo kwirinda Covid-19 kuko igihari
- Kigali: Polisi yafashe abantu 39 bari mu birori mu rugo
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Mwaramutse neza; Twishimira amakuru mutugezaho.Reka mvuge kuri Covid 19; rwose irahari ariko ikibabaje nuko hari uturere tumwe natumwe cyane cyane utwibyaro basa nabibereye k,umubumbe wabo; urugero njye ndi Nyamasheke uyumunsi ndabona abanduye ari abantu 16 ; ariko nabo nibake bitewe nimyitwarire ihari urugero rumwe muri nyinshi mbona n,abayobozi bo munzego z,ibanze bagiramo uruhare mugihe bagendeye mucyenewabo naruswa ni mubarigushyingirwa murikigihe ; rwose ibyo inama y,abaminisitiri yatanze ho umwanzuro abinyamasheke bo bifatiye uwabo mwanzuru babifashijwemo nabamwe munzego zibanze zibasyigikira kuko gusaba no gukwa bikorwa nka mbere ya korona kimwe nimyiyakirire nyuma yo gusezerana imbere y,Imana abantu aba ari nk,isoko gusa upfa kuba wavuganye na ba mudugudu . Ubwose reta nidahwitura abo munzego zibanze ngo twumve ikibazo cyatuziye kimwe tuzahora tufunga dufungura burigihe bitewe nabantu bacye baduteza akaga. Mwibuke YONA ishyano yakururiye abari barikumwe nawe munkuge.