Mu Rwanda abantu batatu bishwe na COVID-19, abarembye ni 11

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 27 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batanu bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 101, naho batatu mu bari barwaye bakaba bishwe n’icyo cyorezo. Abo ni abagore babiri b’imyaka 75 (i Kigali), 36 (i Huye) n’umugabo w’imyaka 59 (i Kigali).

Mu barwaye harimo 11 barembye nk’uko iyi mbonerahmwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka