Mu Rwanda abantu batatu bishwe na COVID-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 14 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batatu bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 76, naho abakize ni 315.

Abitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 69 (mu Ruhango) na 49 (i Kigali) n’umugabo w’imyaka 63 (i Nyagatare).

Ibitekerezo   ( 1 )

Twinshimiye amakuru meza muduha nitugomeza kwirinda Covid
Twubahiriza amabwiriza tuzatsinda

Murakoze ndi Nyamasheke turabakunda

Uwase Noella yanditse ku itariki ya: 15-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka