Mu Rwanda abantu batatu bishwe na COVID-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 14 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batatu bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 76, naho abakize ni 315.

Abitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 69 (mu Ruhango) na 49 (i Kigali) n’umugabo w’imyaka 63 (i Nyagatare).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Twinshimiye amakuru meza muduha nitugomeza kwirinda Covid
Twubahiriza amabwiriza tuzatsinda

Murakoze ndi Nyamasheke turabakunda

Uwase Noella yanditse ku itariki ya: 15-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka