Mu Rwanda abantu batatu barimo umukobwa w’imyaka 13 bishwe na #COVID19, abakize ni 96

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 23 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 96 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 79, abakirwaye bose hamwe ni 1370. Abantu batatu ari bo umukobwa w’imyaka 13, umugore w’imyaka 69 (i Kigali) n’umugabo w’imyaka 85 (i Muhanga) bitabye Imana, umuntu umwe ni we urembye.

Ku wa Kabiri kandi hakingiwe abantu 5,179 nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Abanye Nyanza dukomeze twitwareneza tuzatsinda ikicyorezo ndetse n’ urwanda muri rusange

NIYOMUGABO yanditse ku itariki ya: 24-03-2021  →  Musubize

Dukomeze twitwareneza tuzatsinda ikicyorezo

NIYOMUGABO yanditse ku itariki ya: 24-03-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka