Mu Rwanda abantu bashya 107 banduye #Covid19, abakize ni 19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Gatatu tariki 21 Mata 2021, mu Rwanda abantu 107 bashya banduye Covid-19, buzuza umubare w’abamaze kuyandura bose hamwe wa 24,112. Abakize icyo cyorezo ni 19, abakirwaye ni 1,206.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka